Mbonye ko nawe ufite ibyo utarasobanukirwa kuko Ubuntu bwa Kristo nta kindi busimbuzwa. Wabyanga wabyemera Ubuntu bwa Yesu burahagije
@mammykwizera2406
3 жыл бұрын
Ndamutse ndimbutse nzize ibyaha byanjye christo yaba yarazize ubusa rwose.ikijyanye nibyaha na leta tubamo ntitwemerera kubikora ibyo prophet sultan avuga nukuri kutavangiye peee abiringira imirimo itegetswe namategeko bose nibivume
@atibomoises8892
3 жыл бұрын
Yesu ntabwo agitwerera ubuntu bwe! Ntan ubwo azagukiza udashaka ! Naho sultan we ni sultan nyine , baba bashaka abaclients
@yesuniwenziraklara833
Жыл бұрын
Umuntu aragabiza umubiri we malaya ngo yarababariwe déjà! Ese azajya mu ijuru rya nde Ko Yesu yamennye amaraso ye ngo atweze, none ugumye mu ngeso za kamere ubwo buntu Urumva warabwakiriye nubwo wabuhawe cg urihesha amahoro kandi ntayo! Harya Ananiya na Safira ntibari mu gihe cy’ubuntu?
@inzira_y_agakiza
10 ай бұрын
Uzarimbuka ubizize pe kandi Yesu azahora ari Uwera
@mukamanafrancoise4688
2 ай бұрын
Ubundi ntiki cyazanye yesu simbabanzi ikindi munye mwigisha abakirisito ngusoma ijambo ijambo nyi mana ntintako kuri
@munezeroclaude7676
5 жыл бұрын
Imana yiyereka buriwese uko ibishatse ibyo wamenye nibyo yaguhaye hari nabandi yeyeretse kuko imana ntamupaka
@kwizeraciciciella2063
3 жыл бұрын
Sultan yigisha ukuri benshi ntimuzi ico yesu yakoze kumusaraba mushaka agakiza munguvu zanyu mara ngo batange ivyacumi kubera indazanyu twakijijwe kubuntu dutanga ivyubuntu tutagoberewe
@atibomoises8892
3 жыл бұрын
Ezekiel yeretswe amagufwa yumye agenda ahinduka etape par etape ....kugeza abaye abantu bazima ; uko niko yesu agenda ahindura umuntu gake gake , ati nzabakuramo umutima w ibuye mbashyiremo umutima woroshye ...ibyo kujya wiyicarira ngo yesu yarabirangije ....ni ukwibeshya sana , na petero ati : mpora mfa!
Amahoro nimigisha bibe kumukozi w lmana sultan eric
@r.e1178
5 жыл бұрын
Agakiza ntabwo ari ukureka ibyaha,ahubwo ni ukubabarirwa ibyaha(Luka 1:77).Kandi uwakabonye ntabwo akamburwa n'ibyaha yakoze kuko imirimo myiza siyo ikamwinjizamo(Abefeso2:8).Ariko ntabwo bivuze ko uwirinda ibyaha yarakijijwe byamwambura agakiza kuko no kubyirinda ni byiza nubwo bidafite uruhare mu kubona gakiza.Kubw'ibyo ari uwaretse ibyaha yarizeye ko yababariwe, ari n'utarabiretse ariko yarizeye ko yababariwe by'iteka barangana imbere y'Imana nubwo batangana imbere y'abantu nkuko muri Yobu 35:6-8 havuga;kuko twese Imana yatubumbiye mu bugome ngo itubabarire twese(Abaroma 11:32).Twese dukeneye ubuntu gusa imbere y'Imana tutitwaje ko hari ibyaha tudakora cyangwa twaretse.
@manofgod1321
5 жыл бұрын
Hahaha nguhaye devoir yo gusoma 1 jean chap 1 na 2 na 3 aho yohana avugako icyaha ari umwiza n uruphu . ukor icaha wese n umuja w icaha . ntabwo twababarirwa ngo tugume mu vyaha . ugomba kwihana my friend ukanabireka . utwo tu verset utanga wadukuye muri context yazo soma context woye gukura ama verses muri context kugira uzane pretexts. Wihane frere
@@nshimirimanaarcade868 haa haa ubu se warabiretse ntabyo ugikora? Nizereko iyo usenga udasaba imbabazi z'ibyaha kuko utakibikora ariko niba usenga usaba imbabazi ubwo nturakizwa nyine ukurikije uko ubivuze kuko ukora ibyaha kandi warababariwe rimwe ridasubira inyuma. Ubuntu ntibushyigikira gukora ibyaha ariko ntibunaciraho iteka uwagikoze kuko icyaha si igikorwa umuntu yiga gukora ahubwo ni ikintu kimurimo ntuzigera ubuzima budakora icyaha ukiri mur iyu mubiri, iyaba waruzi impamvu uzapfa ukabora ukazazukira kwambara undi mubiri, ariko nako ndanigizankana urabizi da( gupfa kuyu mubiri ni ingaruka z'icyaha ariko hashimwe kristo watsinze icyaha agahesha abizera kutazaheranwa n'urupfu). Ubuntu n'amahoro biva kuri kristo Yesu bibane nawe.
@Jean-ol1hk
2 жыл бұрын
@Good news of our Salvation haa haa ko uri mubihano byibyo adam yakoze mu myaka nyagateke ishize urazira iki?😂😂😂. Yewe nigihe kristo yapfiraga abari mu isi icyo gihe wowe ntiwari unariho ahubwo😂😂 Nta nubwo usobanikiwe impamvu uri kurugamba utazi igihe rwatangiriye, utazi iyo ava ntamenya niyo ajya.
@benimanatheogene5311
3 жыл бұрын
My Dady nkunda ko utarya indimi
@ayii779
4 жыл бұрын
Gitwaza ndakwemera!!!!!!
@precioushappy8302
5 жыл бұрын
Biblia Ivuga ko tudakwiriye gukomeza gukora ibyaha kugirango ubuntu bukomeze busage. Ahandi Biblia Ikavuga ko gukiranuka k'umukiranutsi kutazakubeshaho umunsi uzakora ibyo guliranirwa. Ni nk'uko( +) + (-) = (-)
None abigishwa ba yohana cange ba yesu basengera mwidini nyabaki🤷♀️🤷♀️🤷♀️🤷♀️
@Jean-ol1hk
3 жыл бұрын
Icyo nkundira abanyedini iyo bakomye kubyababuza indamu ibibazo biravuka!, muzanshakire aho itorero rya Kristo ryigeze ryigishwa gutanga 1/10 yewe n'intumwa niba hari aho zabishishikarije abo zigishaga. Ese 1/10 ko cyahabwaga Imana kuko cyagombag gutunga abatambyi kumpamvu zuko ntagakondo babaga bemerewe kugira mwe uyu munsi mukaba mubirengaho mutunze amazu n'amamodoka bihenze bite byanyu? Byo si Ijambo ry'Imana? Ubuntu ntibwemerera abantu gukora ibyaha ntibikanabeho rwose, ariko se abavugako butanahagije bo bite byanyu ko mwanga ibyaha kdi mukaba mwarabwiwe nanubu mu kibwirwa ko ari ibibi ariko mukanga mukabikora bite byanyu? Ikimenyimenyi nuko isengesho ryanyu ritangizwa no kwihana kuko muziko muri babi mudatunganye! Kuki mudashaka kwemerera m'uruhame ko muri babi ariko imitima yanyu ikabemeza ko muri babi? Ese ubundi nib Kristo atararangije byose mwumva ari iki yasigaje mugomba gukora mu mwanya we? Ari umuntu na kristo ni nde wacunguye umuntu? Gukora nabi ntawe ubyishimiye ntanubishyigikira ahubwo ni ukwibaza impamvu umuntu yanga agakora nabi kandi abizi nezako ari bibi kuburyo yanabizira. Ubuntu ni kristo kdi ufite uwo mwana niwe ufite ubugingo ntituzajyanwa mu ijuru nuko twakoze iby'ubutwali, imirimo myiza siyo gakiza, gukora neza ni ishingano z'umu kristo ariko siko gakiza, kuko nuwa byirase uko kristo yamusubije ntawe utabizi. Paul ibi yahoraga atabyumvikanaho na peter kugera naho yamuhuguriye m'uruhame kuko izindi ntumwa zumvaga ibyo paul yigisha bikazirenga kuko yahawe inshingano zo kugeza agakiza mubanyamahanga ( natwe twese abanyarwanda turimo ) abandi bakabirwanya kuko bibwiragako agakiza ari akabayuda gusa kandi bakibwirako gafite conditions zikiyahudi nyine. Ariko njya ntangara cyane iyo mbona ukuntu abantu badashima Imana Kristo wabazaniye agakiza k'ubuntu nyamara kuva cyera Imana itarababaraga nk'abana bisezerano, kugera aho twe abanyamahanga tutanamenya igihe twaherewe agakiza kubera impamvu njye mbona ifite ikindi kiyihishe inyuma, impamvu yo kutubwirako tugomba gusoma bibiliya ariko tukarindira abayidusobanurira kandi ibyanditswemo twabisomye tubyumva, kugera aho ibyo udasobanukiwe nuwakabigusobanuriye yumvako nawe atabyumva akakubwirako ukwiye kubitwara uko wabisomye.
@estherkabebe4307
2 жыл бұрын
NONES MUVANDI KO IBYANDITSWE BYERA BYAHUMUTSWE N'Iman usome muri malaki 8 iyo chapter yose uziko YESU ARI UMUTAMBYI AFTER MELKESEDEKI NONE C ABRAHAM NITATANZE ICYACUMI BEFORE LOW WAS ESTABLISHED NONE C KUKI UBU WUMVAKO BATAGOMBA GUTANGA ICYACUMU
@Jean-ol1hk
2 жыл бұрын
@@estherkabebe4307 abraham umpe iyo verse ivuga uko yatanze 1/10 kuko ndumva ushobora kuba witiranya 1/10 n'ibitambo, kandi ibyahumetswe byose bifite umumaro wo kutwigisha ariko sinzi impamvu mwumvako ibyo bisobanuye kudutwara( aha nakubaza kuki hatorwamwo bimwe na bimwe ibindi bakabireka, kuki gutanga ibitambo by'amatungo byo bitagikorwa kandi ibyanditswe bibivuga, gusa hari icyo bitwigisha kuko ibyo tutazi ko byabayeho byanagorana kwemera ko Kristo koko ariwe wabaye igitambo.), ikindi nabaza ni ese koko urakiranuka kubwibikorwa byawe?, ibi mbibajije kuko nziko igisubizo umwana wumuntu ahorana ari oya kuko abaye avuze yego yabwirwa kutazongera gusenga yihana, ariko nyamara nubwo bimeze gutyo hariho gukiranuka guheshwa abizera. Muri maraki niho havuga ibya 1/10 uzasome abagihabwaga nusanga hari abafite izo conditions muri iki gihe uzambwire, kuki bashaka ko tuvuga ku bagitanga ariko ntibavuge kubagihabwa kandi byose bible ifite umurongo yabitanzeho?. Urakoze Imana iguhe umugisha
@bellakenzo4826
5 жыл бұрын
Yego n
@bellakenzo4826
5 жыл бұрын
Ariko i cyacumi ko mugikura mubantu babakyene kandi tukabona abakuru (aba postor ) bisegyero aribo babyungukamo gusa Mugura amamodoka meza na mazu meza Mbese ayo masegyero church mwubaka abakene bakabwirizwa gutanga icyacumi Mbese baba bazagyiramo shares murayo MAsegyero mwubaka?? Ese ibyo bya cumi mwirirwa mubwira abantu ngo batagye Bagyiye babifashishamo abana batagyira ubaha amafaranga yi shuri , abana bakiga ubujiji bugacika burundu mu Rwanda Ubwo Imana ntabwo yakwishimira icyo gikorwa?? Gyewe icya cumi cyagye kyigya kubana 2 bimpfubyi ubu baragyije kaminuza Na biblia arabivuga ngo mufashe abatishoboye ndetse na family Aba pastor naba Bishop bose mu Rwanda bagyendera mu mamodoka meza kandi ahenze ndetse bose bafite amazu meza Ariko Imana ifashe aba nyarwanda ndetse na bandi banyafurika Imana iduhumure amaso cyane Gyewe nkunda Imana nu mutima wagye wose kandi ndapfukama munzu yagye nkasenga . iyo mbishoboye gya no murusegyero kandi nkaba natagya nituro Ariko bitari icyacumi Kandi Imana isubiza gusenga kwagye mugihe kyayo kandi neza. Ese ko noneho mwagyize na ma radio ndetse na tv mwagyiye ariho mutagyira inyigisho??? Tugomba kubaka u Rwanda rwacu!!!!! Mureke kunyunyuzamo abakene udufaranga twabo babakoreye rwose Mwihane kandi muhindure mumyigishirize yiyoboka Imana . Kwigisha abantu kugarukira Imana nokureka ibyaha ni byiza pe!! Ariko muhindure kabisa Murakoze cyane
Пікірлер: 86