Mana yange mbakunda cyaneeee,Jackson Dushime Imanabyongeyeho,Nyarwaya Yago tv
@JeanclaudeNsabimana-d2z
4 ай бұрын
Red Blue jd,ibyo nayibazagaho bisa nkibishubijwe,Yago thanks,numvagaho ba Mwanafunzi n'abandi,bakabona ibyo ikora bikantera amatsiko,JD komereza aho akazi keza
😂😂😂😂😂😂buriya se yigeze aba uwe, uwawe ntaho ajya, iyo agiye ntabwo aba yari uwawe
@whatstodaysvibe4605
2 ай бұрын
Ndabona yaragoswe😂😂😂
@DailyBeauty1
4 ай бұрын
Yago ndagushimiye cyane kuba watuzaniye Jackson Dushimimana mu isi yo gucukumbura❤️❤️❤️. Ni umuhanga cyane k’uburyo ibyegeranyo bye biba birimo ubuhanga. Imana ibahe umugisha mwe muri abarwanyi
@NsengimanaMethode-m7w
4 ай бұрын
❤❤❤❤❤ turakwemera cyane
@karabukirwadenyse2503
4 ай бұрын
Noneho usigaye uhemba Sha muhu?
@tari10167
4 ай бұрын
Uyu mutype ni role model w'abantu benshi kabisaa. abafana be musige Like
@Muhirerutagambwajoseph
4 ай бұрын
Abagabo nyakuri nibo baca mu bikomeye ngo bubakomeze kurusha. Jackson uri hejuru cyane mu mitekerereze ndishijeho kugukunda
@HOZASHOESSHOP
4 ай бұрын
There is no industry in the world that has no challenges, challenges must be there to make people that are strong enough to break the wall of hardest metal
Welcome Jackson turakwemera cyane hamwe nawe yagoo
@mutsinzieric5445
4 ай бұрын
Congz to him kndi keep working hard ejobundi nakubonye mu ihuriro ry'urubyiruko mbura uko ngusuhuza
@balancedlifetv
4 ай бұрын
❤❤❤
@kaswarajacques597
4 ай бұрын
Mukuru wa Erutambi❤❤❤❤❤, uzabwire Rutambi azakwigishe Erutambi langwiji.
@GisaboBenjaminZambia
4 ай бұрын
Ahubwkose numunyarwanda
@balancedlifetv
4 ай бұрын
❤❤❤❤
@balancedlifetv
4 ай бұрын
@@GisaboBenjaminZambia😂😂😂😂😂😂sasa
@umutoniasha1053
4 ай бұрын
Yago wakoze kutuzanira Dushimimana Jackson nukuri pe❤️ nakundaga ibiganiro bye ntaramubona. Ni imfura nukuri Allah akomeze amuzamire
@balancedlifetv
4 ай бұрын
❤❤❤ yego rwose
@iNKURUZURUKUNDOmix
3 ай бұрын
ABA KZitemR BAKOMEYE BADUCAMAZI KWELI NTA TIME NAGATO ,.... hhhh ARIKO IKINGENZI N'UKUZANA IMPINDUKA TU ! MURAKOZE KUKIGANIRO CYA MOTIVATION MWESE Yago TV SHOW na Jackson REDBLUE JD ❣
@PeruthMusengimana
4 ай бұрын
Abantu mukunda ibiganiro byayago tumenyane😊
@MukamanziMadelene-pf4bk
4 ай бұрын
Twabikoze kbs muminsi mike aka 1m karaba kuzuye ❤❤❤❤
@mattytvshow2944
4 ай бұрын
Nange ndamwemera cyane 🇷🇼 arakomeye Kbsaa.
@COCONICOTV
4 ай бұрын
ahah iyi mihanga igira ama banga meshi peeburya REBBLUE JD NUYU KWERI
@balancedlifetv
4 ай бұрын
❤❤
@Kami-ml5kx
4 ай бұрын
Uri muto mu myaka ariko uri mukuru mu mutwe kabisa❤❤❤
Akageso ko gukunda igitsina kari mubyagusubije inyuma mn. Uri umuhanga ark abo mwakoranye iyo weakness bayikuziho. Warufite kudahemba umukozi ark wahura nibebi ukirekura. Birazwi ko ufite abana batatu kubakobwa batanduknye bivuze ko wakunze iraha. Ikindi knd buriya sometimes kutigaragaza hari character byerekana, kenshi Niko bad boys bamera. RD Blue JD yari irenze mn, ahantu mwakoreraga ndahazi kuba yarasenyutse birababaje. Nubwo ucumbura neza ark iyo bije kuri narration,tone no gusoma ntabwo wakurikira Semahoro, Abayo na ba Mupenda.
@umutoniasha1053
4 ай бұрын
Dore ushobora kuba uri umugabo, njyewe nkaba umugore. Igitsinagabo cyose gifite amafaranga kisanga cyakunze abagore kuko nabo baba bagikunda. Muri Quran na Bible uzabonamo amasura atandukanye avuga abagabo benshi bari inshuti na Allah ariko bari bafite abagore benshi ndetse bamwe banaryamanaga n’abaja cg abandi bagore babagendereye. Kimwe mu bintu bizatuma utagira akageso ko kujya mu bagore, nuko uzaba uri umugabo w’umukene. Igice kinini cy’abagabo Allah yahaye amafaranga bahita bisanga mu bagore kuko umugabo nicyo kintu kinezeza umutima we, twe abagore tunezeza no gutunga ibintu no gusa neza ngo batubone, ariko abagabo banezezwa n’abagore na Quran irabivuga neza cyane. Ku musozo, redbluejd ikuze ku muvuduko utangaje nyuma yaho Jackson ahisemo kwikorera. nkurikirana ibiganiro cyane kuko binyigisha, chaine zose nzi redblue ejo bundi iri mu bibazo ifite abantu 600k, uyu munsi mu mezi make igiye kuzuza miliyoni. Nyizi igira video zigira 1k views, ubu byaracitse. Ibyo uvuga harimo ukuri ko yahuye n’ibibazo ikabura n’abakozi. Ariko gusenyuka uribeshye cyane kuko ubu nibwo ifite avenir potentiel. Kimwe mu bintu byasubije afrimax inyuma nukuba boss wayo atikorera. Kimwe mubiteza isimbi tv imbere nukuba sabin yikorera. Rero na redblue kimwe mukiri kuyizamura nuko boss wayo ari kwikorera. Habaho ibyiza n’ibibi mu bigo bikizamuka. Ariko kuba redblue yaraciye mu bibazo bingana kuriya ariko igakomeza iga shining nabyo hari ubutumwa byatanze. Allah akurinde niganiriraga.
Пікірлер: 332