Ku wa 6 Mutarama 2023 nibwo Perezida Kagame yagize Dr. François Xavier Kalinda, Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda. Yasimbuye Dr Iyamuremye nk’umusenateri, kuko na we yari yarashyizweho na Perezida wa Repubulika. Nyuma yo kurahirira imirimo mishya nka Senateri muri Sena y'u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda yahise atorwa ku bwiganze burunduye n’amajwi 26 ku mwanya wa Perezida wa Sena.
Camera & Editing: Richard Kwizera
Негізгі бет Dr Kalinda François Xavier yatorewe kuba Perezida wa Sena || Umuhango wo kurahirira imirimo mishya
Пікірлер: 8