Ariko se bavandi kuba atajya kusalishayo Hari ikosa ririmo ibi byose nugukurura amacakubiri mu Bantu ubu Koko biratwungura iki koko?
@nibasekevincent6838
4 ай бұрын
Nawe yayangiye ashimira abamutumiye bivuzengo ntagahunda yo kujyayo yari afite
@nzayisengaaboubakar7197
4 ай бұрын
Knd narakoze sabsclaibe
@nsabimanaabedi541
4 ай бұрын
Inego y'idini islam ni gushira hamwe abantu Bose ark RMC akazi kayo nikutandukanya abantu.
@hasbuhumdjahanam
4 ай бұрын
NYAMARA, NITUTAREKA AMASHYARI N'INZANGANO N'INZIGO NGO TWEMERE IGENO TUZAPFA TUBABAYE. UWO IMANA YAGENNYE KO AZABA MU BO HASI NTAWUZAMUZAMURA NGO BIKUNDE. NUWO IMANA YAGENNYE KO AZABA MU BO HEJURU NTAWUZAMUMANURAYO NGO BIKUNDE. NIBA URI MU BANTU ALLAH AGOMBA GUHA AZAGUHA KDI UZISHIMA. NIBA URI MUBANTU ALLAH YANDITSE KO BAGOMBA KWIMWA , NTA KINTU NA GITO UBURYARYA NO GUKORERA IJISHO BYAWE BIZIGERA BIGUHA KDI ALLAH ATARABIKUGENEYE. NIBA URI MUBAGOMBA GUSIGAZWA INYUMA BAGAKEREREZWA NTA MUNTU N'UMWE UZIGERA AGUSHYIRA IMBERE UTARABIGENEWE. TWITOZE KWEMERA NO KWAKIRA AMAGENO NAHUBUNDI TWESE TURI ABANYAMAKOSA, KUKO UTARYA AKA ARYA AKA. AHUBWO TURUSHEHO GUSABA ALLAH IMBABAZI CYANE TUNAHINDUKE BITARI IBYO TURAGANA AHABI.
@بوسالم0
4 ай бұрын
Bruh gerageza wumve ibyo سعود yavuze kwanza woe ntuzi no gukora content kbx urimo kwe editing ibintu mgo nawe bagukandire ahubwo turaba deleting kbx
Пікірлер: 26