Fayçal Ben Abdelaziz Al Saoud yari umwaami wa Arabiya Y'epfo( South Arabia). Ntaa bgo yazize urw'ikirago Kuko amateeka ye avuga ko yiishkwe.
@bettyuwamwezi1597
2 ай бұрын
Aho uvuga ngo ' izina ryawe ryezwe' i think its bad translation. In kiny, izina ryawe ryubawe is the right translation. So Dr.Rusa, welcome int the kingdom of God. I respect u in denying religion. Remember its religious leaders who killed Jesus.
@bettyuwamwezi1597
2 ай бұрын
Dr Lusa, abakoroni baragukomerecyeje ariko get a relationship with Christ.
@abrahammakuza8070
3 ай бұрын
Ibyo numvanye uwo Murundi ngo yabwiwe n'Umupakistani, hari ibihabanye n'ukuri ku migirire y'Abaislamu. Nta na rimwe muri Islam batanga umwana ho igitambo. Batamba itungo ryuza, bakurikiza uko Abraham yakoze, igihe ahabwa impfizi y'intama akayibaga mu cyimbo cy'umwana we.
@bettyuwamwezi1597
2 ай бұрын
I agree with u that religion is fake. Its just a way of doing things but have a relationship with Jesus. Kandi uravuga ngo uganira n'Imana. I agree with u totally but Christ is the way.ibyo uvuga byose bivige mwizina rya Yesu
@Blessed-eu8sd
2 ай бұрын
Dr Bagirishya ni umuyisilamu usiibye ko atagya m'umusigiti. Kuko avuga ati: Zina ry'Imaana waaryeeza ute? Ati: Zina ryaa yo waarishyira heejuru ute, ese ujuundi niiba ritari hejuru riri he? Abayisilamu ni bo bagaamba batyo. Ariko kweeza izina ry'Imaana ikyo bisiguura n'uuko: Umuuntu agoomba kuba uweera akiraanuka. Akanwa ke, iyo keera kagaseenda kavuga ngo: Uwiteeka uri Uweera uri Uweera, uko ni ko kweeza izina ry'Uwiiteeka. Useenga wiiriinda ibyaaha uba weeza izina ryaa yo k'ubwo kweera kwaa yo, niiba iri muri wowe. N'uuko mbyuumva.
@rwandacanadanews3164
3 ай бұрын
Bagirishya ni umwe muri ba Dr. bake basobanukiwe nibyo bize, bikunganira ubwenge yavukanye. Ndakwemera rwose.
@TwasabyimanaEpaphras
3 ай бұрын
Nibyo arasobanukiwe
@didiergatete9893
3 ай бұрын
Adamu nti yabayeho ubwose ubihakana abiherahe uwo mubyeyi ibintu byose abishyira mubwenge muntu na politic ariko sibyo ndemerako haribyo bijyanye na politic ariko nibigera kwiyoboka Mana abirekere abahamagariwe uwo murimo atazisanga arumuhakanyi
@benikayijukaaugustin9964
3 ай бұрын
Ngo icyaha cy'inkomoko, ni ikinyoma cy'idini kugirango tube abayoboke
@MrFidelano
2 ай бұрын
Dr Rusa aranyumije noneho ati Adam na Eva ntibabayeho?
Ni Legend kereka niba udasobanukiwe n'ijambo Legend !
@TuyishimeFiacre
3 ай бұрын
Michel we ubukoloni bwaragucengeye kabisa , bibiliya nigihuha
@niyoncu
3 ай бұрын
@@TuyishimeFiacreBibiliya s'igihuha kuko harimwo na réalités nyishi. Ariko harimwo na légende.ariko na legendes ziratwigisha. No mumashure twarasomye des livres légendaires kandi vyabaye ngirakamaro. Nahubundi Les livres comme: Genesis, numbers, Clonicles, job, etc ni légende,fiction Ariko turakuramwo leçon morale
@niyoncu
3 ай бұрын
Reka guhonyora uburenganzira bwabandi kuko nawe ntuzi uko uzopfa. Nuburenganzira kwemera ivyo wemera ariko n'abandi nabo ntukabatuke. Jew nd'umu christu ndemera Imana na Yesu, ndasenga, ndanisonzesha Ariko harivyo ntafata ko vyabaye nubwo biri muri Bible Ex: Nsinemera ko Yobu yabayeho, Nsinemera ko Imana yabumvye umuntu mugitaka Ariko ndemera ko ariyo yaremye umuntu. Nsinemera ko Samuson yishe ibihumbi akoresheje akasaya k'indogoba,etc Ariko rero biradufasha kurya n'imigani ya kinyarwanda n'ikirundi bitwigisha ubwenge
@desirenshimiyimana9995
3 ай бұрын
Aya magambo yawe SI meza .Gusa mu byo twigishwa na Bibiliya harimo ukuri ariko harimo n'ibyafashaga gushimangira indangagaciro z'umuco Kandi ari amakabyankuru. No mu Rwanda ni uko.urug:Nakuze nzi ko umwanya utinze kuryama afatwa n'akavumburamashyiga
@ivurirotv4108
2 ай бұрын
Yezu yavutse gute ? Yabyawe nande yashyinguwehe? Ese yagize intumwa?
@johnmusoni7812
2 ай бұрын
Aho yabihuza ate nukuri we azi.kuko uwo muntu wabwiy uko yarize bibiriya yabwiy ko nambere ya eva na Adam abantu bariho ngo bakagomera Imana aribwo imana yarakaye ikarema adamu mushya yifuzaga ko umuntu wico gihe cadamu yazabaho neza.
@muhireolivier7856
3 ай бұрын
Ubundi Dr Rusa Bagirishya niwe muntu usobanura ibintu ukabyumva neza, usibye umuntu udashaka kumva cg gusobanukirwa, bagera kubintu badafitiwe igisobanuro muri bible akumva ko ari iyobera ritagatifu 🤣😂😂 kd aho ariho hari password y'iyozabwonko twakorewe(kwemera ibintu buhumyi)
Njye ndabona no gukizwa bitabura kumubera ariko ndetse kukurusha wowe uri guca imanza. Hari ikibi akoze kigaragaza ko itegeko ry'urukundo ari naryo rishingiyeho agakiza ataryubaha?
@musengimanadonatha9999
3 ай бұрын
Imbuto zari muri Aden zabuze Adam na Eva bamaze gukora icyaha
@lydiemunezero2676
3 ай бұрын
Niba ibyo dukora tubimenya tubyize ubyigisha we yabikuyehe ????
@faustinniyomugabo4272
3 ай бұрын
Amahoro ni Faustin NIYOMUGABO ndabaza Dr. Rusa ese kubatizwe ko ataribyo njye ndabiviga nku mu Catholique, icyaha cyinkomoko njye nkigereranya nko kubagirira avocad, ubusanzwe avocad yakwera itabanguriye.
@jeanaimable4735
3 ай бұрын
Icaha c'inkomoko jew ndabibona nka karande yo mumiryango yabo dukomokaho. haranditwe ngo, nzohana abana, abuzukuru kugeza no kubuvivi
Yakubwiyek Imana asenga bagendana, bahorana buri muri we . It means ko Ituye muriwe
@mukeshimanaclement6020
2 ай бұрын
Ubundi wowe uruwanjye pe
@isaienduwimana8605
3 ай бұрын
Uratubariza ko ngo muri Katolika papa Francis yatangaje ko ijuru n'ikuzimu n'umuriro w'iteka ngo ntibibaho !
@uwizeyeclaudine3306
3 ай бұрын
🙆🏻♂️
@muhireolivier7856
3 ай бұрын
Ubundi se bibaho!??
@polycarpeniyuhire7657
3 ай бұрын
Mutubarize ayo makosa yoba yashizwemwo na nde muri iryo sengesho rya Data wa twese?
@raphaelmulenga9083
3 ай бұрын
Wow I like you big man
@DushimimanaAkimu
3 ай бұрын
Muraho neza. Dr Bagirishya maze igihe mukurikira, Azi gukoresha ubwonko cyane, n'umusomyi, n'umwanditsi, n'umuhanga pe, afite impano ifitwe na bake. Gusa gushidikanya ikintu kugeza ubwo ahakanye Adamu na Eva, n'uburenganzira bwe, ariko ntakubike ibintu byose. Gusa ndamwemera kuri byinshi.
@lightbonkey
3 ай бұрын
Yeah, Dr ni umuhanga bidashidikanywaho rwose, ariko kuvuga ngo Adam na Eva ntibabayeho, byo ntabwo turaza kubyemera kimwe, kuko na we ntiyarariho, ndetse nta nigitabo yasomye cyabayeho mbere ya bible, bible ifite record y'uko ari cyo gitabo gifite imyaka myinshi kibayeho kurusha ibindi byose kw'isi.
@Jdmcs19-81
3 ай бұрын
Numenya ibisobanuro bya Adam& Eva mu rurimi-mwimerere ayo mazina yaturutsemo nibwo uzasobanukirwa ko Adam & Eva batabayeho.
@lightbonkey
3 ай бұрын
A bon, wowe ndumva ushobora kuba uzi ubundi busobanuro bw'izina Adam ch Eva, Adam bisobanura Umugabo cg ikiremwa muntu, ni ijambo rikomoka mu rurimi rw'igiheburayo, mugiswahili bisobanuka cyane ikiremwa muntu ni "Mwanadamu" Eva bisobanura umugore cg utanga ukubaho. Adam: is derived from the Hebrew word אָדָם (pronounced "adam"). It can be translated as "man" or "human being. Eve: is also of Hebrew origin, אֵוָה (pronounced "chavah").
@DushimimanaAkimu
3 ай бұрын
@@lightbonkey Comments yawe sinzi icyo imfashije. Navuze ko natangajwe na Dr. Bagirishya, kuko yavuze ko ADAMU NA EVA batabayeho.
@lightbonkey
3 ай бұрын
@@DushimimanaAkimu Ntabwo ari wowe nasubizaga muvandimwe, nasubizaga @Jdmcs wavuze ko nitumenya ubusobanuro bwa Adamu & Eva ko ari aribwo tuzamenya ko batabayeho
Mu by,ukuri ku ijwi ry,umukanguzi tuhumvira amagambo meza atwubakira ubugingo .lki kiganiro cyanyuzeho ngo kidufashe iki Koko? Ko mbona ibyinshi twemera uyu muntu atabyemera. Na ko nta na kimwe yemera. Mbeeegaaaaa
@nduwayezuancille6506
3 ай бұрын
😂😂😂😂😂. Iga n,ibi waguke
@maylaburundiantv9519
3 ай бұрын
None ntabwo ukeneye kwiga?
@muhireolivier7856
3 ай бұрын
Ahubwo se aya masomo agusigiye iki?? Mwige musobanukirwe, ntimukemere ibintu buhumyi kuko mwashutswe ko ari iby'Imana ngo mukunde muyoboke ingoma za bagashakabuhacye 😂😂😂😂
@linettebasa4170
3 ай бұрын
Imana yabaremanye ubwenge. Ivyo vyose yarabimuhaye kugira ngo abiganze. Yari yamutegetse kuvyara akuzuza uruvyaro rwiwe isi. Kera na ba bokuru bararima bakoresheje amasuka bicuriye.abazungu bataraza. Yaraduhaye ubutare iraduhana nubwenge bwo kubuhingura. Docta ivyimana ntavyo azi muje mumubaza politike.
@maylaburundiantv9519
3 ай бұрын
Ngaho tubwire wewe Uzi ivy'Imana
@muhireolivier7856
3 ай бұрын
Ikibazo rero nuko mudashaka kwemera ukuri, none ayo masuka yayacurishije iki ko ntacyuma cyabagaho!??
@mugfe9521
3 ай бұрын
@@muhireolivier7856soma itangiriro 4:22
@christopherkalisa3613
3 ай бұрын
Dr.Rusa wagiye umubaza nkaho azi byose,nawe agira aho agarikira.undi munyabwenge Dr.Pawuro akaba n'Intumwa we yasobanuye ko Umwuka wera ariwe uzi byose,agahishura ibihishwe
Пікірлер: 156