In my opinion, urukundo nirwo rwubaka urugo ariko nurukundo rugenda ruhinduranya amasura depending on what is needed. Kuko kwihangana, kunva, sacrifice… biba biri driven nurukundo. Ahubwo ngirango akenshi ibibazo biri mu ngo nibaza ko akenshi biterwa nuko byose byatangiye. Hari abihisha muri so called love, kandi bishakira inyungu runaka. Kuko urukundo nyarwo rurihangana, rurababarira, … Maze 23 years muri marriage ariko iyo iminsi mibi yangezeho nkomezwa first nogusenga, second nokuba narakunze umugabo wanjye nkawe not ibyo atunze. You’re doing great job 👏 wenda hari ingo bizarokora
Sugira ni umuhanga cyane ariko ndikubabazwa nuko asigaye akubda kureba muri phone cyane pe kandi namenye ko hari nabandi byababaje so SATANI ntamutwibe😢
Пікірлер: 24