Ariko se muri kiriya kiganiro cyo kwa Chita muri comments harimo ko uyu atari umugore wa Gafaranga, ariko ko uriya mwana wumuhungu ari uwa Gafaranga. Big Man nawe arimo kwinyuraguramo mukanya ati uriya mwana suwa Gafaranga ngo kuko yakoze ubukwe 2018. Kandi ubundi Alice na Gafaranga basezerana bari bazanzwe babana bafite nabana. Nukuri ya umuntu asezerana barabyaranye kuva kera.
@Uw81
Жыл бұрын
@@finleyainsleysmith8111 ngabo abanyamakuru dufite nukuri njye nkeka nabo bakora ikiganiro nta informations yibyo bagiye kuvuga bafite bakifatira camera gusa nta bindi kuko ukuntu bakora ibiganiro rimwe biba biteye isoni.
Пікірлер: 113