Ariko nta dini yasebeje yavuze imyizerere yanyu.yabeshe?ko atarengeje ahoo?? Uwumviseko yasebejwe yemere Yezu nk umwami n umukiza mu bugingo bwe.Nico ndamwipfurije.
@urfav_sarah3607
4 ай бұрын
URI umugore wubwenge sha Maman Darlene. Umugabo akumbwira ngo muri Onapo aba afise umutima mubi kuko imiti yari ibindi yica mumubiri. Ni je ndabizi
@Silas-xt5xv
4 ай бұрын
Urintwari pe , Imana ikomeze ikugendimbere itekaryose, amen.
Ariko mana ariko umuntu uvuga ubuhamya butari ubupapirano biraryoha
@uwayoelisededieu6315
4 ай бұрын
Ko mbona ufite igihuru se knd waraje iwacu ukatubwira ko Imana yakubwiye ko kubitunga ari icyaha. Imana yaba yarivuguruje cg ni intege nke nawe wahize?
@Uw81
4 ай бұрын
Igihugu se kirihe? Wabona warumvise inyigisho nabi kuko nziko yajyaga yigisha isuku mu mutwe gutega igitambaro udakaraba mu mutwe uretse no kuba icyaha ni nu mwanda.
@wihanganyegloria346
4 ай бұрын
Imana iguhe umugisha ndafashijwe ❤
@mukarutesiliberee6366
4 ай бұрын
Urakoze cyane, nyuma ya byinshi udusangije , unadusengeye neza habwa umugisha n,Imana , yesu niwe buhungiro butavogerwa.
Ariko wibwirako witonda kurusha abagore baba islam ko mbona uvuga nkumuntu udakijijwe jya wirinda gusebya idini wavuyemo kuko hari abarimo bakurusha uburere no kwihangana.
Пікірлер: 61