Jean Paul NKUNDINEZA atubwiye ibyo mutamenye ku rubanza rwa Tom Byabagamba. Muri iki kiganiro afashije live umugabo utuye mu Bubiligi wambuye umwana we akangishwa ko azafungwa.
Iyi ni channel ikugezaho inkuru zigamije kwigisha, kwidagadura no gusangira amakuru agamije kudufasha gusobanukirwa byinshi mu bibazo twibaza.
Niba wifuza kuvugana natwe duhamagare kuri 0733140140 cyangwa utwandikire kuri lotus.rwanda@gmail.com
Негізгі бет Ibyo mutamenye mu rubanza rw'umusirikari ukomeye I Agahinda k'umugabo wambuwe umwana we ku ngufu
Пікірлер: 5