Cyakora movie nyarwanda zirapfa kweri ubuse ibi bakina bihuriye he nibyo bakoraga mbere Iyi movie yabaye nkaho mu Rwanda hataba umutekano abayireba bayibona nkindi nshya kuri buri episode wagirango mwarayihinduye ntimwatubwira kubera imikinire mibi Mubihindure pe Mwibuke ko mutanga message nziza kuba viewers banyu
We ibyo URI kuvuga ntabyo Uzi wakoze izawe Cha. Film yacu turayikunda ariko woe uba uvuga ibyo utazi
@ndikaline
Ай бұрын
Ariko bigenda gute ngo ugereranye film n ivy igihugu ? Ni mise en scène. Ntabwo ari kwerekana ko urwanda rutagira umutekano ! Ahubwo wew ntavyo wumva. Niyo film yonyene nyarwanda ubonye bakoresha bakina uko ? Uri umu contre succès ku impanga séries tout simplement
@jomm.6832
Ай бұрын
@@cynthiaishimwe5190 umbwire abakinnyi batangiranye niba hari aho ukibona Story yarahindutse iyo ni reality ntago ari ukuba umu contre!! Famille ya Rukundo ubu muri izi season igeze he? Kelly, Maman Tracy, Counselor n’abandi nka Chance ko ntamakuru yabo twakomeje kubona? Ahubwo tubona abantu bashya n’abakera ari ko babura Ikibazo kirahari rwose
Ymwandutsi kuba ari ymuhanga simbigarukaho kuko ararenze pe gusa sinabeshya nagize amatsuko namashyu nine muyifaruye byarashize sibyo gusa nabuze uko bikurikirana pe 🙏 mbasabye imbababazi 🙏 byibuza ibyo muzaza mutumenyereza nkaba fam banyu muzaze mubigumaho koko muratuvanga pe gusa ndahakunda cyane
@mbaragacelestin1405
Ай бұрын
Mwakoze cyane imana ibahe umugisha
@user-sx5xy6mk2l
Ай бұрын
Murakoze cyan mama Amora ❤
@user-ob9li5tr8h
Ай бұрын
Utwitayeho nzakugurira akabombo😂
@patopaty1644
Ай бұрын
Ikoranabuhanga rirakaze pe ibaze kubba kami na keza ari umuntu umwe ariko bakaba barigukoranaho barebana bicaranye😮😮
@user-dy3oe6xo5u
Ай бұрын
Njye biba byanshanze ngira ngo nimpanga da 😅😅😅
@ingabirecharlotte7396
Ай бұрын
Nanjye Reba uko baryamye bahinamiranye m.amora aravunika cyane kbs ,wagirango ni babiri kbs
Пікірлер: 396