Umutima wishimwe kuri Israel Mbonyi nyuma yo gufata amashusho y’indirimbo 10 zigize album ye ya Gatanu yise ‘Nk’Umusirikare’.
Yabwiye InyaRwanda ko mu Ukuboza 2023 azakorera mu BK Arena igitaramo cyo kumurika iyi album. Kandi ko atorohewe no guhitamo izina ry’iyi album.
Ati “Nari mfite amazina nka biri ariko nk’umusirikare ntabwo yarimo cyane. Rero, uyu munsi bahisemo kuyita nk’umusirikare, ni igitekerezo baduhaye.
Негізгі бет Israel Mbonyi yatunguriwe mu gitaramo|Album yamuritse, umukunzi n’ibitaramo yitegura
Пікірлер: 16