Elyse ni Umubyeyi wo mu Karere ka Ruhango mu gace kitwa mu Amayaga ya Ntongwe. Muri Jenoside yakorewe Abatutsi yahuye n'ibyago, ibigeragezo, arababazwa ariko ababazwa cyane n'umwana muto witwa RUTI bishe kandi yari yamuhaye Mama we (Mama wa Elyse) ngo amumufashe kuko Elyse yabonaga atari bubashe kumwirukankana)
Elyse ahora yishinja urupfu rwa RUTI ati "Mpora nibaza niba iyo nza kwirukankana RUTI ubu ntiyari kubaho?"
Impore Mubyeyi.
Негізгі бет Isura ya RUTI impora mu mutwe || Ese iyo mugumana ubu ntiyari kubaho || Ubuhamya bubaje bwa ELYSE
No video
Пікірлер: 37