Abagabo dusigaye turi bake, I will let my kids middle of the road. Burya nzarare mu muhanda aho kugira umwana aharare. Ubwo famille y'umugabo ntayo ngo Umuhungu n'umwana mwiza nuko yashatse umugore mubi. Umugabo wese ubona iyi message, hama hamwe and protect your family so they can kugusajisha in your old days.
@NishimweAlphonsine-jp4nj
2 ай бұрын
Uravuga ukuri pe gusa imana izanagufashe ubarere ahogutana nabo abagabo bubu ni pantaro gusa nubwo ataribose
@batamurizakathy1205
2 ай бұрын
Kabisa uyu mugabo nu mugabo nyawe YEHOVA azakubakire iyaba abagabo Bose bameze nkawe NTA divorce zaba courage pe
@umulisachantal891
3 ай бұрын
Ariko mwa bagore mwe mwasengeye ingo zanyu Uwiteka akaza kuzituramo.Nanjye hambere nari nshenye birangiye tugatumira abantu ngo batwunge ahubwo bakaba aribo barusenya.Simbabeshye nahise mva mu mukino ndasenga karahava nasenga bakambwira ko mu rugo hari umwuka wo gusenya no kwangara ndushaho gusenga nirukana uwo mwuka,Ubu ibintu mu rugo rwanjye byasubiye mu buryo nta kibazo dufite urukundo rurahari
Wari umenyereye kuba mu buzima buhenze niyo mpamvu ubona ko 300k, ari make, sha hari abahembwa make kuri ayo kandi batunze imiryango yabo , wikwitetesha, gurisha ibintu ndabona ufite byinshi, ubigabanye ushake inzu ya make ikwirwamo ibikoresho ubona by':ibanze, ubundi urebe ko ubizima budakomeza
Iramuha views ariko ntabuvugizi mbonye aha karegeya yikundira inzobe
@marievalentinekanakuze2722
3 ай бұрын
@@HbgLirlineyitubyi bicye duhereye kuri nyir'ukuyatanga erega aha ni abana be bagiye kurerwa kdi ntibamusabye kubazana ku isi ,kuko mwumvako gatanya ikwiye gukurikirwa na munyumvishirize?
Amategeko yacu agena iki kubijyanye n’abana iyo abantu batandukanye? Ko bisa nkaho abana basa nkaho bagiyr kubaho nabi kandi se afite ubushobozi? Amategeko yacu akwiye gusubirwamo kubijyanye numuryango ari cyane cyane imibereho y’umwana nyuma yo gutandukana
Umwana are rwanda n'ababyeyi bombi.byumvikane ko niba papa atanze 300k,maman nawe agomba gutanga 300k Alabama 600k.ku mwana urengeje 7 years old. Ahabwa 1k ku munsi.ibi byigishe abanyarwandakazi ko gushaka atari imibonano mpuzabitsina gusa.ugomba nawe gukora ukagira icyo winjiza.abagabo babigiye imitwe yo kuvangura imitungo namwe nimwige indi yo kwizigama mu give mukiri kumwe.
@boscoragaye1040
3 ай бұрын
Ikigaragara cyo iyi nkuru ntiyuzuye, nta bunyamwuga burimo: : 300k azatangwa mu gihe kingana iki???, abana niba koko ari ab'umugabo INDEZO ihagaze gute...!? kuki nta makuru y'umugabo yagaragaje cg yashatse kumenya...!!!? ku myaka 25 uyu mugore afite, yigaga, afite abana, yabanaga n'uwo bashakanye ate??? uruhare rwe mu ivangamutungo rwari uruhe?? uruhare rwe mu gusenyuka k'urugo rwe ni uruhe?( urwo we yemera... dore ko ntakabura imvano...!)... Banyamakuru, mukome urusyo mukome n'ingasire...!!! "UBWIZA BW'UMUKOBWA BWAMUGEZA IBWAMI, UBWENGE CG UMUTIMA BIKAGENA IGIHE AZAMARAYO..."!!! Hanze aha hari ABAKOBWA, ABAGORE N'ABAGABO, ariko ABAGORE N'ABAGABO NYABO B'UMUTIMA , ABANTU NYA BANTU BASIGAYE ARI BAKE...!!! Do plz think twice...!!!
@karabokeza8230
3 ай бұрын
Abana bari munsi ya 12 ans bahabwa nyina Ese ko muvuga ngo afite ubushobozi muzi ahembwa angahe? Wenda ahembwa 600k yafashe credit y'inzu agatanga 300k y'indezo ibirenze ibyo ni ibihe?
@AffectionateAirplane-wu1or
3 ай бұрын
Ese ubundi ko numva urumwirasi yagushobora ugize amahirwe aguhaye ibikoresho none urimo kwirya nawe ntiworoshye
300k ni make atayakoreye? Nonese niba umugabo yemera gutanga 300k umugore yashatse andi
@kiri-za-2023
3 ай бұрын
Nawe nashakireho izindi 300K hanyuma abe mu buzima yifuza. Ikigaragara ni uko ashobora kuba asesagura! Kandi kuba yaratsinzwe mu rukiko, ni uko buriya umugabo yari afite ibimenyetso simusiga bituma ahabwa gatanya!
Abagabo si abagome, akurongora azi neza ko azagutunga akakwitaho, iyo umugabo agusohoje mu nzu gutya haba harimo ikibazo gikomeye.
@rachelmukahirwa8015
3 ай бұрын
Kuki wumva ko umugabo azagutunga?!wowe nta maboko,umutima n'ubwenge ufite?!ntaho bandits ko azagutunga kuko ni ubwuzuzanye, Niba akuzanye nk'umufasha we mugomba gufatanya umutungo ukiyongera naho niba akuzanye umutungo ukagabanuka bivuze ngo uri itungo ntabwo uri umufasha.tugomba gukura mu mutwe kdi ibi Scovia abivuga buri munsi!
@agefightingbeauty
3 ай бұрын
Uzabashobora mu maman mwiza numara gutuza
@damascene7699
3 ай бұрын
Ese karegeya ko utatubwira icyo yakoreye umugabo we kugeza aho atsidiwe mu rukiko? Duhe amakuru afatika
Ohhhhh ni ibibazo kbsa, ubundi kubaka igihugu bihera mu kubaka umuryango. Umuryango muzima ntago wagapfuye ibintu by'amafuti nk'ibi ababishinzwe nibagoboke aba bantu peuhhh. Karegeya (KOP) we truly appreciate your work, keep up the spirit 😊
N'ubwo 300k ari make, hari n'abadahabwa n'inote y'100 kandi bakabaho. Imana izamugirira neza, hari byinshi Imana imukijije. Ubu se ko ibi ari ibyo tubonye, mu rugo yamukoreye ibimeze bite??? Nasheshe urumeza!
@MuhimpunduRuth
2 ай бұрын
Aya 300k nayitike gusa pe
@dukuzemariyayvette8835
2 ай бұрын
@@MuhimpunduRuth wapi ni ndezo azaza amuha buri kwezi
Iyo nzu y 150k uzayishobora kuko n iya 30k wayibamo''gusa ntazisenyuka zidafite impamvu ''abagore benshi mufite amakosa menshi''abenshi muranaroga cyane''kwiga byo ubyibagirwe kuko n abandi barabireka''''
@umulisaaimee3803
3 ай бұрын
Murarira ibaze uzarongorwa kuri 18 rero akazarusohokamo nyuma y'imyaka itanu😢 nimushyingire nababwira iki
@Amaziniubuzima1
3 ай бұрын
kuki mushaka abagabo?ubu buzima mubona ari bwiza?
@intumwazayesuministry
2 ай бұрын
Nonese niba yaragiye amutsindira mubuyobozi, bwamucyemuriye urubanza NABI? Ubundi se kuki yigaga kugahato Kandi ibintu Ari ubwumvikane ubwo uwo mugore we nti yari yarananiranye? Niba Ari mukuri narege Leta yacu y'u Rwanda ni Umubyeyi.
Umugabo atware abana uwo mugore nawe amuhe ayo mafranga Ariko abagore bo mu Rwanda barenganurwe nukuri aba député mugiye gutora bafashe abagore
@angelmona8506
3 ай бұрын
Hari ibigoryi biba bijunditse amarangamutima gusa nta bwenge! Ibihumbi 300 bya buri kwezi azajya ayahabwa bagura iki kindi niba atari ayo kureresha abana? Abagabo ntabwo ari amasha mwafashe ku gakanu mwa ngwe z'abagore b'intashima mwe, niba udashoboye guha umuntu ugutunze amahoro ngo umwubahe kuki byagutangaza agutaye hanze ukajya kota akazuba kuko na we ayo mafaranga ayakorera yiyushye akuya? Umugore ugaya ayo mafaranga ni bamwe bita imbwa ababyuka buri munsi bajya gukorera ari munsi y'ayo barimo n'abamurindira umutekano.
@ismicofficial6376
2 ай бұрын
Abagore mukure amaboko mu mifuka
@nikobizabachristian7712
3 ай бұрын
None se ntiwatangiye uvuga ko hari Umuyehova wavuze ko aei "Iminsi y'Imperuka"? Hanyuma ngo ku myaka 21 yashatse ari umwana? Hakwiye amashuri yo kwigisha kuva mu mbwana bakamenya ko DIVORCE atari iminsi y'imperuka!!!
Ariko ATI umuntu uzi ubwenge 300K BYA BUri kwezi arahagije.ubu se muganga cg mwarimi bahembwa another?ntabwo se babaho?!
@aaronmbonitanga550
3 ай бұрын
Ayamafaranga ni menshi ahubwo ABA bashaka Ari abana bari kumibare yo kurya inote zabasore bakabaho badakora yumva ari nkumwamikazi .nawe nakore ashake inyongera arere abana@@rachelmukahirwa8015
Пікірлер: 1,4 М.