@@maylaburundiantv9519 Iyo iyindi context yewe itanashoboka mugihe cyacu. Ibyo uri kuvuga ni Ibyakozwe n'Intumwa 3, aha byasabaga ko abizera bava mubyabo bakaza bakaba hamwe. Akarengane katumye batatana kugirango bajye kuvuga ubutumwa. Ese wowe wgurisha ibyawe ukajya kuba kurusengero? Nibyo mu Isezerano rishya habaho gutangana umutima ukunze kandi na Aburahamu, Yakobo nabandi mu Isezerano rya Kera niko bakoze. Ikibazo kirabaza ngo ese Yesu yavuze kuri 1/10 mu Isezerano rishya, igisubizo ni yego kuko Matayo na Luka babyanditse. Abahakana ni ukwigiza nkana no ukuri. Ariko muzamenya ukuri kubabaturi kandi ijambo ry'Imana ni ryo kuri.
23. Quel malheur pour vous, scribes et pharisiens, hypocrites ! Vous payez la dîme de la menthe, de l'aneth et du cumin, et vous laissez de côté ce qui est le plus important dans la loi : la justice, la compassion et la foi ; c'est cela qu'il fallait pratiquer, sans laisser de côté le reste.
@joelkubwimana6979
2 ай бұрын
“Woe to you, scribes and Pharisees, hypocrites! For you tithe mint and dill and cumin, and have neglected the weightier matters of the law justice and mercy and faithfulness. These you ought to have done, without neglecting the others.
@maylaburundiantv9519
2 ай бұрын
Isezerano risha ritangurira hehe?igihe yavuga ati birarangiye yaravuze ibiki? Nimba ivyo vyacumi bihabwa abatamvyi nabo bagatanga icacumi comumwivyo vyacumi, abatamvyi bakaba atagakondo bafise,icacumi nigitangwe ariko kandi gitangwe nkuko catangwa kuva mwisezerano ryakera. Nayo kuba uvuga ngo abahakana icacumi ngo tuzobamenyera kuvyo bama,aba Pesiteri bigisha icacumi bo tuzobamenyera kuki? Ibi mbivuze kuko hari umupasiteri yambwiye ngo kudatanga icacumi ntajuru tuzojamwo
@joelkubwimana6979
2 ай бұрын
Gusoma version zitadukanye birafasha abifuza kumenya ukuri ko Yesu yavuze kuri 1/10 anenga abafarisayo kugitanga ariko bakibagirwa ibindi birimo kutabera, imbabazi no kwizera. Niko kuvuga ngo ibyo mwari mukwiye kubikora buvuze gutanga 1/10 ariko mutibagiwe nibyo bindi yari amaze kuvuga batakoraga.
@joelkubwimana6979
2 ай бұрын
Luka 11:42 “Ariko muzabona ishyano Bafarisayo, kuko mutanga kimwe mu icumi cy'isogi na nyiragasogereza n'imboga zose, mukirengagiza gukiranuka no gukunda Imana! Ibyo mwari mukwiriye kubikora na byo, na bya bindi ntimubireke.
@joelkubwimana6979
2 ай бұрын
Luka we abibuga neza ngo " ibyo mwari mukwiriye kubikora nabyo..."
@IRADUKUNDAMARIECHANTAL-g5w
4 ай бұрын
Urabeshe kuko yesu yabivize ataradupfira kumusaraba ibafarisayo batwarwaga naategeko yamose .rero urumubeshi nta turo ntacyacumi yesu niwe turo ahubwo kubakijijwe habaho gutangana urukundo pr nutihana nguvugukuri nkuko bibiliya ivuga kakubayeho😊
@joelkubwimana6979
4 ай бұрын
Muri make kuri wowe ibyo Yesu yavuze atarapfa ntabwo bikwiye kuba muri Bibiliya? Ibyo Yesu yavuze byose mbere na nyuma yo gupfa no kuzuka ni ukuri kandi bikwiye kubahirizwa na bizera. Jye nzi Imana si nagucira urubanza ahubwo Imana ishimwe ko wemera ko gutanga ituro bikwiye gukorwa kandi n'umutima ukunze. Umutima ukunze rero uzi itandukaniro ry'amategeko yanditse ku mabuye na yanditse ku mutima bivuze ayo umutima utubwira atari ayo duhatirwa.
@rutahasteven2683
4 ай бұрын
Ariko nkuyu koko nonese abivuga yabivugiye murihe sezerano?
@joelkubwimana6979
4 ай бұрын
Yesu niwe sezerano kandi ibyo yavuze byose mbere mugihe na nyuma yo gupfa nibyo bigize Isezerano rishya
@MugishaHonoree
2 жыл бұрын
Amen pastor, Imana iguhe umugisha
@wenceslasbagona8706
4 ай бұрын
Ikibazo uriko uragira ni uko utazi aho isezerano rishasha ritangurira.Ntabwo kirya gihe yabivugiye hari mw'isezerano rishasha kuko ritangura guhera ku rupfu no kuzuka vya Yesu.Wewe uriko uravanga ibintu. Twebwe mw'isezerano rishasha dutanga nkuko 2 abakorinto 9:7 ivyo umutima uduhata gukora.kandi ubundi iyo abantu baba barigishijwe uko kuri niho baba batanga vyinshi. Yakobo 2:10 hatubwira ko niba dushaka kuyoborwa n'amategeko ya Mose ni twemere tuyakore yose ntiturobanure ivyo twishakiye kuko ngo nitwatsitara kuri rimwe gusa yose tuzoba tuyatsitayeko yose
@joelkubwimana6979
4 ай бұрын
Bibiliya yose ni ibyahumetswe ni Mana, sinzi rero aho uhera uvuga ko ibyo Yesu yavuze mbere yo gupfa ko bitari mu isezerano rishya. Ubwo bwaba ari ubuhakanyi buhakana ko ibyanditswe byera byose byahumetswe n'Imana. Matayo, Mariko, Luka na Yohana bigize Isezerano rishya si Abakorinto ni zìndi nyandiko gusa. Icyiza nuko uvuze ngo twe ubwo mwe mwizera igice cya Bibiliya kandi mutesha agaciro ibyoYesu yavuze. Matayo 28:19-20 hadusaba kwigisha abantu ibyo Yesu yategetse byose, yavuze ko 1/10 ikomeza gutangwa, bityo wabikora cyangwa ukabyihorera ariko utabeshyeye Bibiliya. Kuba utumva neza ko Bibiliya yose ari ijambo ry'Imana nibwo buyobe ndi kumva ufite. Njye rero nemera Bibiliya ko yuzuzanya bityo Isezerano rya Kera ni Rishya bigize ijambo ry'Imana.
Matayo :23:23 “Mwebwe banditsi n'Abafarisayo, mwa ndyarya mwe, muzabona ishyano kuko mutanga kimwe mu icumi cy'isogi na anisi na kumino, mukirengagiza amagambo akomeye yo mu mategeko, ari yo kutabera n'imbabazi no kwizera. Ibyo mwari mukwiriye kubikora, na bya bindi ntimubireke.
@joelkubwimana6979
Жыл бұрын
Matayo :23:23 “Muzabona ishyano mwa ndyarya mwe z'abigishamategeko n'Abafarizayi, mutanga na kimwe cya cumi cy'isogi n'icy'imbwija n'icy'inyabutongo, ariko mukirengagiza ingingo z'ingenzi z'Amategeko, ari zo ubutabera n'impuhwe n'umurava. Ibyo ni byo mwagombaga gukora mutaretse n'ibyo bindi.
@joelkubwimana6979
Жыл бұрын
Keretse niba ari Bibiliya yindi ukoresha wenyine. Ariko Matayo 23:23 ni mu isezerano rishya kandi ni Yesu wabivuze, Bibiliya yigisha gutanga 1/10.
@MurenziFils
8 ай бұрын
Nonese Matayo 23:23. Haraho yesu agaragaza ko Ari itegek? Imigani 11:25-26 ibi nibyo yesu yashakaga gushimangira
@@nivyayothierry4929 Matayo 23:23 “Mwebwe banditsi n'Abafarisayo, mwa ndyarya mwe, muzabona ishyano kuko mutanga kimwe mu icumi cy'isogi na anisi na kumino, mukirengagiza amagambo akomeye yo mu mategeko, ari yo kutabera n'imbabazi no kwizera. Ibyo mwari mukwiriye kubikora, na bya bindi ntimubireke.
@joelkubwimana6979
2 ай бұрын
@@nivyayothierry4929 ikigaragara ubanza ikinyarwanda utazi kugisoma. Kuko Yesu nyabwo yaba ari gupingq agasoza avuga ngo 'mwari mukwiriye kubikora nababindi nti mubireke' ibiki badakwiriye kureka ? Ibyo yavuze byogutanga 1/10
@turimumahoroetienne4626
2 жыл бұрын
Murakoze cyane
@VedasteHabimana-e1c
4 ай бұрын
Ntecyereza ko icyacumi Ari icy'Imana kdi Yesu Ygaragariza mu baciye bugufi,ndumva tudakwiye kugiha abapastoro,ahubwo bamwe dufite icyo turusha!
Пікірлер: 43