Wewe ndakwumva 100/100 kuko nanje navutse gutyo 😭😭😭😭😭😭umugabo wa Mama ngo uzogende kwa so musaza wanje ngo uzive hano uje kwa so mama wanje ndamubajije anterera nka hariya nawe ngo uzoje kwa so 😭😭😭😭😭.Mana narakometetse narababaye bikomeye kugeza na nubu .Uretseko ubu bimeze neza kubera ndi murugo rwanje kandi nshima Imana .Ubuhamya bwanje ni burebure gusa Imana Ishimwe yo Ija yomora ibikomere Ikadusubiza gutwenga no kwishima .
Iki kiganiro kirandijije birenze pe Niba Ari nuko Ari umuntu nziii simbizi 😭 Pole Gloria 😢❤
@emmanuelb7473
2 ай бұрын
Umuzihe?
@HhHh-e4i
2 ай бұрын
Abantu bafite ibikomere bitandukanye pe. Harinabafite ababyeyi bombi batigeze babona urukundo rwakibyeyi yewe uwashaka yakwizirika kuri Yesu gusa naho kubantu ho ntakigenda pole sana Gloria.
@Rwanda-ps4ml
2 ай бұрын
Yewe duhuje byinshi pe
@umuhozaclarisse8292
2 ай бұрын
Ni ukuriii, twizirike kuri KRISTU YEZU we nshuti nziza👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Yooo 😭😭😭🙏 polee gloriose Pol peee Ur intwar uy mu sister twariganye nyagasambu Gus ntunguwe n kumva iy nkuru ye pee .imana iragukunda kuba ugihari nuk har icyo imana ikigufitiye
Komera mukobwa wa Yesu! Uwiteka akomeze agushyigikire. Uri indashyikirwa kandi uri determined! Kandi ibyiza biri imbere. Nubwo utazi papa wawe Yesu azakubera papa.
@nzahorangushimamana9574
2 ай бұрын
Komera mukobwa wanjye isi iduhekenya bubisi ariko imbere ni heza twizere ko uzabona papa wawe nutamubona kandi uziyakire imbabare nkawe ni nyinshi ubundi usenge Yesu yomora ibikomere
Ese @Sabin birashoboka ko umuntu yatanga ubuhamya ariko atagaragara mumaso ?? kuri camera 😂 Njye mfite ubuhamya bushobora gufasha benshi cyane ariko ntinya kuba najya kuri camera , cg Wenda wagaruka mur Europe ukambwira tukabonana nkakuganiriza Ibintu bindemereye kugeza nanubu , sindabohoka pe kubabarira ni ikibazo nanjye 😢
@Umulisa1991
2 ай бұрын
Sabin urakoze nkunda ubuhamya utugezaho
@ndikumanaflorence6952
2 ай бұрын
Uzabababarire,ahubwo ujye ubaremera niba hari icyo ubarusha,nibyo bizabashengura
Пікірлер: 188