Namwe intsinzi tv nagirango mbamenyeshe ko utarakora subscriber iwanyu yarahomye pe kuko muhetse amateka hafi yayose y'urwanda 80% murandyohereza kabisa ITSINZI TV mukore sub kabisa
@nkurunzizaeric9237
3 жыл бұрын
@@mr_manpower250 nibyo kbs intsinzi itumara irungu
@m.a5032
3 жыл бұрын
@ndimbati tv comedy ntawubikurusha
@janetlatigresse8582
3 жыл бұрын
@@ISIMBITV can I get the location of her shop? Precisely! Thank you
@user26041
3 жыл бұрын
tujye duha agaciro abantu batanga ubuhamya bakomeretse gutya ndahamya ko hali aho bibakura bigasana imitima yabo pe kuko abantu barababaye pe🤔
@reginenyiramana2019
3 жыл бұрын
Juste nababikoze iyo babibonye ikimwaro kirabica. Baba bafite umutima was kimuntu bagasaba imbabazi about bahemukiye!
@mamakensane8388
3 жыл бұрын
Nibyo pe uyu mumama ndamukomeje,kdi mujye mubumva biraruhura kubivuga
Jacky kuki ugifite ibikomere byinshi kandi hashize imyaka 20 ubashije kwibeshaho. Abana barakuze, ni beza, why dont u move on and be happy with your kids, ahubwo ukaba ukirizwa nuko umugabo yaguhemukiye? Umugabo yaguhaye icyo yarafite:visa. Niki kindi ushaka, ko ntacyo afite. Niba utarashimye visa hashize 20 yeqrs uri free to go back to your country but you didnt. Waramukunze ntiyagukunda, just move on.
@umuhozaclementine1725
3 жыл бұрын
Nicyo kibazo agomba kumwikuramo kugira ubuzima bumuryohere le plus grand ennemi de l'etre humain c'est l'amour
ariko sabe uzikubaza ariko haraho nawe wibagirwa" none c ko passpor ye yariyarafashwe numugabo , none c atangira kujya mubutariyani' cyagihe atangiye akazi ese yagendaga nta passprot gute akagenda amahanga mubucuruzi nta passport gute ????????????????????????????????????????????????????????????????????????????????????????????
@uwanyirigiramariepaule8925
3 жыл бұрын
Wa mubyeyi we uri mwizaaaaaa.....guhera uyu munsi ubimenye wikunde cyaneeeee ibikomere byawe Yesu abikize Kandi aguhe amahoro y'umutima kuko ndabona ubimerita...nagukunze bikomeye...uri imfura !!!
@lightarakaza4882
3 жыл бұрын
Ariko Sabin azahore uvugugisha nabagabo
@NBK779
3 жыл бұрын
Azavugishe nabagabo kuko abo abagore?????????????
@godebonheurmusby4595
3 жыл бұрын
Erega Sabin utubereye therapist nyamara. Abo mu mahanga ubashakire rehab.!🤷🏼♀️
@Jk-up6wh
3 жыл бұрын
Jackie pole sana, abagore nibenshi bamezuko mama. Uracyababaye, geregeza kwiyakira ube happy. Abagabo sibo bagomba kuduha happiness, yiba kamambiri or umwenda atarawukuguriye, ntagufashe kurera, its ok. Icyangombwa nubuzima. Wabyiha kandi ukanezerwa. Komerezaho, ibyashize bireke bigende. Go forward and be happy
@odettetwiringiyimana9974
3 жыл бұрын
Kbs
@josephniyongabo8707
3 жыл бұрын
@@odettetwiringiyimana9974 ok.good
@mariatabita6911
3 жыл бұрын
Banyarwanda Banyarwandakazi, mureke dusabe Imana ubwenge, no kwihangana.
@odettetwiringiyimana9974
3 жыл бұрын
Birakwiye kandi biratunganye
@bambeirene182
3 жыл бұрын
Pole sana mama Assumer seule la responsabilité parentale, peut devenir un poids,gusa on est responsable de son propre bonheur. Avant d'être une maman vous êtes une femme, une personne à part entière. Occupez bien de vous✌️
@alicemukeshimana3696
3 жыл бұрын
Well said.. she still bitter and it will take time to heal from the brokenness. She is beautiful, smart but there is a avoid in her. That void will be taken away by God only because He is the manufacturer of our human beings. She made a mistake by trusting a snake 🐍 in form of human. Many of us women make such mistakes in the name of “papa wabana twabyaranye” There is a quote that said by a judge in the USA ,” don’t let a man tell you two times that he doesn’t love you, one time is enough” women mwunve
@uwaseliliane8997
3 жыл бұрын
Ton idée est geniale
@bambeirene182
3 жыл бұрын
@@uwaseliliane8997 c'est mon expérience qui parle😉
@uwaseliliane8997
3 жыл бұрын
Et tu as raison!!! Mais tu dois chercher la joie Ça coûte cher, mais tu en a besoin je te jure!!! Si Dieu t'a donné ces moyens là, c'est très bien, c'est super, mais tu n'est pas contente!!!! Pense bien ce qui peut te rzndrz heurese!!! Chercher par exemple les amis masculins jeunes; veuves, ds ces derniers tu trouvera celui qui t'attire et tu finira par te confie à lui sans lui parlé de tes éconimies là!!! Tu lui dira ça petit à petit après qlq années de votre marriage. C'est une seule idée, et tu a réçus peut être d'autres!!! Essayer d'en tire qlq chose qui t'aidera
ibi ni ukwiyandagaza kweri, ubundi igituma abantu bata umutwe ni ukutamenya kuzibukira. ko numva batangiye nabi,kuva yagerayo ntacyo yamumariye yamugaruraga mu buzima bwe gukora iki koko.
@fanibazanuwofanibazanuwo135
3 жыл бұрын
Yavuzeko atazi kuvuga no mubuzima bwe. Kandi bibaho siwe wenyine harabatazi kuzibukira Yavuzeko bamaranye 6mois gusa wamugani nuatangiye nabi kabisa
Ni umurengwe rata. Yewe asigaye no mu Rwanda ntawamubuza kandi ububiligi ntacyo buba buhobye
@uwamahorogaudence5318
3 жыл бұрын
Erega mu isi ntahantu nahamwe hari amahoro uretse muri Kristo Yesu,naho ubundi abantu banana n'ibikomere byinshi cyane ariko mu ijuru hari Imana yomora ibikomere byose.
We rero nicyo cyabatandukanije harigihe imico yanga guhura bibaho cyane
@sunward1490
3 жыл бұрын
Have ntukabeshye kuko burya abahuje ntibarwana n ibyo abadahuje barwana nabyo.ubundi ukuri ni uko urushako rugira intambara zarwo zisanzwe ariko noneho iyo ugeretseho gushaka uwo mudahuje uba wongeye ibibazo mu bindi kuko abadahuje bagira intambara zisanzwe z urushako nk abandi bose ariko noneho bo hakaniyongeraho ko badahuje mbese barwana intambara z ibice bibiri. Uyu rero yivugiye ibye ni we wabibayemo kandi arivugirako kuba badahuje ubwoko byari mu ntambara none wowe uraza umubwirako atari byo nka nde koko. Ubundi icyo abantu b ubu birengagiza ni ukutigira ku bwenge bw abakera,nta na rimwe abakera bigeraga bashakana n abo badahuje kirazira ,niyo mpamvu ababyeyi bajyaga gushakira abana babo muri bene wabo gusa niyo mpamvu bavugaga ngo hashakana imiryango ntihashakana abantu 2 gusa ,bakongera bakavuga bati umwana ni uw umuryango kuberako nyine uba warashatse mu bo muhuje ariko uyu munsi abantu barifata bagashakana n abo badahuje ngo urugo ni urwa babiri,imiryango yabo ikanga ikababwira bakavunira ibiti mu matwi nyamara nyuma ugasanga barira ngo imiryango yabo ntibakunda ngo ntibakundira abana nonese ushaka mu muryango iwanyu badashaka cg mu muryango utagushaka ukibwirako bazemera abana bazakuvamo?urumva rero nyirabayazana w ibyo byose si imiryango ahubwo ni abo banze kumvira imiryango yabo ngo urugo ni urwa babiri ngo nibo baziyubakira nyamara nyuma mukarizwa n uko ngo imiryango itabakira cg itabagerera mu rugo nyamara ari mwe mwanze kuyumva yababwiyeko itabishaka ko mubana mwe mubirengaho murabana nta mpamvu rero yo kwitwaza ko imiryango itabakunda kandi ari mwe ubwanyu mwahisemo kubana itabyemeye nayo rero ifite uburenganzira bwo kutajya mu rugo rwanyu cg mu byanyu kuko nubundi ntiyigeze ishaka ko mubana. isomo ririmo hano rero ntuzigere na rimwe ushakana n uwo mudahuje kuko burya abana ntibaba bakibaye ab unuryango kuko ntago baba bahuje n umuryango kandi burya abadahuje ntago amaraso akururana ntibazakubeshye muba muri amahanga abiri,irindi somo ntuzigere ushakana n umuntu iwanyu badashaka cg iwabo batagushaka kuko burya iyo ushakanye n umuntu ntago uba ugiye kubana nawe gusa wenyine kuko uwo muntu afite inkomoko afite isoko avamo rero uzabana n iyo soko ye ntago uzabana nawe gusa niyo mpamvu utagomba gukora ikosa ryo gushakana n umuntu iwabo batagushaka cg iwanyu batamushaka ,mwigire ku ba kera sha hashakana n imiryango ntihashakana abantu babiri gusa ,iyi ni inama ku batarashaka,naho uyu mubyeyi niyihangane nta kundi ikosa yararikoze byararangiye nakomeze yiyubake naho abatarashaka bajye bamenya ubwenge bamenyeko gushakana bitagendera ku rukundo by amarangamutima ahubwo bigendera ku bwenge ukareba umuntu ko muhuje inkomoko ukareba ingeso ze ko zikorana n izawe ukareba ko imiryango yanyu ibashyigikiye ibi bintu uko ari bitatu nibyo by ingenzi mu rushako nibyo byubaka naho ibyo mwita urukundo ni ubuswa 100%biriya ni amarangamutima si urukundo mu by ukuri kuko ibitarimo ubwenge si urukundo,ukurikira amarangamutima birangira aririra mu myotsi yicuza ariko ukurikira ubwenge uwo aranezerwa rwose.
@l-ey
3 жыл бұрын
@@sunward1490 Hoya uribeshye cyane. Njye Nashatse uwo tudahuje race kandi yambereye imfura. Umugani wa lucky Dube we are different colours but one people! Urugo rwiza n'umugisha uva ku Mana gusa. Ababyeyi, ubwiza, amafranga, ubuhanga si garantie kukuba uzagira urugo rwiza. Only God!!!
Pole mama , ariko ikibazo suko uri iburayi nino murwanda byakubaho cyane kdi rwose barahari babaye gutyo kdi bari murwanda! Ahubwo iga kwiyakira uracyafite agahinda, ibikomere biracyatose komera kbs
@ibinyoma8067
3 жыл бұрын
Bcp de contradictions. Hamwe avuga ko umugabo akenewe ahandi akavuga ko adashaka umugabo. Hamwe avuga ko ashaka gusubira passeport ya Belgique ahandi akavuga ngo niyo imworohereza gukora business !!!
@SN-wb3gm
3 жыл бұрын
Abantu benshi basubira en Afrique ngo baronderayo akazi ariko bashitseyo Hama ako kazi bakakabura amafaranga yabashiranye ubona bahita bagaruka mububirigi babunda bunda kuki bataguma en Afrique ko wumva muharata ngo niheza?
Muburayi hari fake smile nyishi . It’s hard to know a real friend nukuri nuwo utaziga akugira disappoint ukumirwa. Niwihangane bibaho abantu biburayi majority niryarya. Much 🥰
@odettetwiringiyimana9974
3 жыл бұрын
Omg 😲😱😲😱
@lynamusabimana8578
3 жыл бұрын
Oya ntago ari abi burayi bari indyarya ahubwo abanyarwanda Ni indyarya Aho Bari hose. No mu Rwanda Ni uko koko tubona buri gihe ibiganiro batanga. Abanyarwanda Ni indyarya
@SN-wb3gm
3 жыл бұрын
Muburayi ntanzara bagendera kumategeko kandi ils se respectent ntabwo ari nkomuri afrika ntawuraba undi mukanwa canke uko abayeho kuko umwe wese arikwije umuntu wese aribeshejeho. Nicyo gikuru ntawurira ninkomuri paradis ntantambara hari amahoro abantu barisanzura. Uyomugore gusa yahuye nurushako rubi umugabo amufata nabi ariko Europe nayireke ntaco yamugize. Natwe tuba en Europe turahazi turubatse kandi ntakibazo ntabakozi dufise.
Uwomwana ukina football turamukeneye azakinira urwanda kdi mama azadufashe bikunde
@umuhozavanessa3273
Жыл бұрын
Ahubwo nanyihere number tuvugane kuko ahorangurira nihonuye muri Italy
@nyangabirejosephine4675
3 жыл бұрын
Ihangane mama
@munezeroclarisse8278
3 жыл бұрын
Ese koko peuee Ibikomere biranze bibaye imitako y'imitima ? Mana nsenga Tabara umuryango. Abana bacu bazakurira mu si y'ibikomere koko ? Mana tabara umuryango uraba utabaye ibibondo byacu,uraba utabaye ahazaza.ameen
Kuki utagiye kuri embassy y’uburundi ngo igusubize i burundi ukimara kubura passport zawe?
@klaaskloosterman8174
3 жыл бұрын
ahubwo agifata indege imujana mu bubiligi yagiriye kuri passeport y,uburundi?ko atayihakanye akiyibona?Nahende sabin kuri iyo point kuko ngira ntayonamuhinyuza!!
@Joshua-1725
2 жыл бұрын
Ariko maze kubona ko abantu benshi batwarwa n'amarangamutima umuntu yaguhindurira ibyangombwa gute ??? Uri ikigoryi se ur'umwana se ??? Muzajya mukora amanyanga nimurangiza mujye kwiriza ayingona ayo manyanga siwe uyakora wenyine hari nabiyise aba congoman
@monicniyo3301
3 жыл бұрын
Muvandimwe komera komera, Immana y’aba damu ihora hafi ❤️
Abirabure burya ni twemera aba psychologue! On préfère garder tout en nous kubera kuva turi bato surtout abakobwa batwigisha kuba strong, umengo dufite umutima wicuma!! We are not some robot... we are human!
@jean-clauderutayisire6316
3 жыл бұрын
@@dreamgirl5951 ntakundi rero kamubayeho. Kuko biraboneka ko problèmes ziri profonds, nyinshi kandi répétitifs. Biragaragara avuga ko agira ama trou de mémoires ou capable yo kuguma kuri idée imwe. En tout cas birababaje. Gusa i burayi si habi, biterwa nibyo wabayemwo nk'ahandi hose. Mba Amérique du Nord, nta ribi ni différent gusa.
@dreamgirl5951
3 жыл бұрын
@@jean-clauderutayisire6316 i know her very well! She had her first kid at 15 namwanya yaronse wo gukura as a teenager she was already a mom... iburayi uri single mother without a father to help or a family it’s very difficult! And at that time she had already 3 kids at her early 20s... imagine... En tout cas courage
@jean-clauderutayisire6316
3 жыл бұрын
@@dreamgirl5951 I understood all of that and find her very courageous. In her place I am not sure if I could even accomplish 1/10 of what she has done. I was suggesting this to improve her emotional well-being and not criticizing at all. She is very brave. Anyways, Good luck to her !
@dreamgirl5951
3 жыл бұрын
@@jean-clauderutayisire6316 you are right she need therapy to heal her trauma! You can tell she is so sensible! She still suffer from her past trauma! Abagore dukwiye kuraba neza uwo tuvyarira kuko umwana umuvyaye ni vyoroshe kumurera uri we nyene mpaka akure! I think she still suffer because she do it all by herself and is not easy at all kandi papa wabana akiriho! Ahubwo agende kumurega aronke child support but she seems like those women who are very kind barekera ikintu cyose Imana! If i was her i would drag him to court that’s it!
@Human1living
3 жыл бұрын
Nimwigishe abagore kwibeshaho no kwanga ikibi guryo bizatuma abagore batabana. Agahinda abagabo baba beshya.
@coucoubye129
3 жыл бұрын
Aliko nabo mu bubiligi bose cg nikibazo cyaee personnelle ?Kuko nzi familles nyinshi zimeze bien Ndumva iyo muba ali hatari
@lynamusabimana8578
3 жыл бұрын
Nanjye ndabona ari personnelle nkuko wagira ibibazo no mu Rwanda. Mbona nanjye biterwa nuko abaho. Nite mbona iyo habaye umunyarwanda upfuye mbona huzura abanyarwanda utanamenya aho baturutse baje gutabara
Пікірлер: 1,3 М.