Murekatete Marie Beatrice, ni umwe mu bari abakozi ba ISAR mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Yiciwe umugabo witwaga Karangwa.
Murekatete yakoreraga muri ISAR Karama, uburyo yarokotsemo yemeza ko ari Imana yamurinze arambuka ahungira i Burundi.
Kurikira ubuhamya yatangiye mu muhango wo Kwibuka wabereye muri ISAR Rubona kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Mata 2019.
Негізгі бет Nasigaye mu mirambo bazi ko napfuye|Murekatete YATANZE ubuhamya bwarijije abantu i Rubona
Пікірлер: 62