Naraye ntekereje ngo Ariko ko ndahuruka Mutesi??? Ubu ntiyaba Atari mu bihe byiza? Nshimye Imana ko nkubonye nu bwo Koko warurwaye Ariko njya ngukumbura
@mukeshimanadonatha7096
2 жыл бұрын
Ndagukunda cyane nawe uzankunde nitumenyana
@didyakiwacu5409
2 жыл бұрын
@@mukeshimanadonatha7096 ok
@emilosniyonizeye3769
2 жыл бұрын
Ndamukunda cane pasteur
@clementineuwimpuhwe4
2 жыл бұрын
Hello.. patsor mutesi twakwandikira kuri Whatsapp
@realandhonest5143
2 жыл бұрын
Mutesi wacu is back beautiful and healthy. To God be the glory! Hari impamvu Imana yakurinze n’uko tugikeneye kumva amagambo yawe y’ukuri n’ubwenge kandi yubaka!
Urukundo ni amahitamo ntibakababeshye ,ntago ari ikintu kiza ngo kigufate bugwate kikujyane hirya no hino utabishaka,icyo ni ikinyoma,Imana ubwayo yahaye umuntu uburenganzira busesuye ku mahitamo kuburyo nayo ubwayo bidashoboka ko yayivangamo ninayo mpamvu rero nta kintu na kimwe yaremye gishobora kuza mu muntu ngo kimugire cishwa aha ni ikinyoma rwose ntibibaho,ibyo ni amarangamutima abantu bishyiramo bakizirika ku kintu runaka cg ku muntu runaka byose ni mu mutwe ntihazagire ukubeshya rwose. urugero uvuze ngo ukunda umuntu ngo byakunaniye kumureka ngo nawe si wowe ngo ni urukundo nyamara ubonye uwo muntu afashe icyuma ati ndakwica akaba yanaguca urutoki ukamucika atakurangije,uwo muntu kuki uhita umwanga noneho bigashoboka?kuki icyo kintu wise urukundo noneho kidakomeza kumukujyanaho?icyo mwita urukundo rero si cyo ahubwo ni ubuswa umuntu yiyubakamo we ubwe ,ikintu cyose uzumva ngo cyazengurutsa umuntu kimukoresha ibyo adashaka ibyo we adafitemo uruhare ngo kitwa urukundo uwo ni umwuka mubi ahubwo,ikintu cyose cyakwinjira mu muntu kikamubuza ubwigenge ku mahitamo ye kiba ari ikiva ku mubi si icy Imana icyo si urukundo. Urukundo ni ukugira ubwenge mu mahitamo yawe iyo hatarimo ubwenge ntibiba ari urukundo biba ari ikindi kiri hasi yarwo byose ni mu mutwe rero. Ikindi cyo kuvuga ngo umuntu arivukira uwo mugani si wo ku bijyanye n urushako,nta muntu wahanutse ku giti ahubwo buri wese aba afite abo avukamo,abo uturukamo rero hari byinshi byabo nawe ugira hari ibijyenda mu maraso kuko uri amaraso yabo,hari n ibyo uhabwa mu mirererwe yawe,mwibuke umugani ngo igiti kigororwa kikiri gito n undi ngo uwiba ahetse aba abwiriza uri mu mugongo urabyumva neza rero ko kuvuga ngo umuntu arivukira uba wibeshya cyane iyo ubizanye muri ibi kuko hari byinshi cyane bigenda mu muntu akomora mu bo aturukamo noneho hakagira na twa tundi duke yihariye wenyine nkuko n impanga zisa hari akantu zidahuje bituma abantu bamenya kuzitandukanya ariko nubundi barazireba bakamenyako ari impanga kuko ziba zisa . uko niko n umuntu ameze hari byinshi cyane afite muri we akomora mu bo akomokamo kuko ni amaraso yabo hari na twa duke cyane yihariye wenyine,niyo mpamvu kureba inkomoko y umuntu ari kimwe mu bintu by ingenzi bya mbere umunyabwenge adashobora kwibeshya ngo yirengagize,ikindi umuryango w umuntu ugira uruhare runini mu buzima bwe igihe cyose akiri mu isi n igihe azaba atakiriho baramurerera urumva nta gihe na kimwe utazigera ukenera umuryango wawe ari nayo mpamvu umunyabwenge adashobora kwitandukanya n umuryango we kubera umuntu wo hanze ngo ni ibyo mwita urukundo,ibyo ni ubuswa bihuye na cya giti kishingura ku mizi yacyo ngo kizajya mu bindi nta kibazo ariko kirahagera kikuma kigatakaza gutoha kwacyo kigatakaza imbaraga kuko kiranduye ku mizi yakigaburiraga ibyo rero nibyo biba kuri wa wundi wahisemo kwitandukanya n umuryango we kubera uwo bahuye akuze ngo ni iby urukundo. ibyo ni ubuswa n Imana ntibishyigikira kuko iba yaraduhaye imiryango tuvukamo ngo ibe mu cyimbo cyayo mu isi itube hafi iturere iturebere niyo mpamvu abantu hafi ya bose bitandukanije n imiryango yabo muzabirebe ko 99% bitabagiraho ingaruka mbi bakicuza amazi yarenze inkombe kandi imiryango yabo nta na kimwe wayinengaho ngo ntibaba hafi kuko nibo ubwabo baba barahisemo kuyisohokamo,n Imana hari byinshi itaguha kuko wahisemo kwitandukanya nayo ukajya kure kandi bigenewe abari mu rugo rwayo ugasanga wowe warusohotsemo ntubibona kuko itagusanga hanze ngo ibiguhereyeyo. abanyamadini bajya bakunda gushuka abantu babumvishako Imana ibembereza cg aho wajya hose ngo igukurikira oya barabashuka Imana igira amahame igenderaho,igira umurongo wayo kuburyo niyo waba uri nde udashobora kuyiwukuramo ngo ize mu wawe ahubwo ugomba kuyisanga aho iri iki kintu abantu nibagisobanukirwa bazamenyako ibibazo bahura nabyo 90% ari bo ubwabo baba barabyikururiye kubw amahitamo bemeye kugira mu buzima, kimwe cyo nabonye ni uko umwana wumvira ababyeyi ntiyicuza kuko ababyeyi baba bagushakira ibyiza kereka babandi bataye ubwenge bagatangira kurarikira ubutunzi aho gukoresha ubwenge ngo barebe kure ariko muri rusange abayobora abana babo mu nzira nziza z ubwenge nibo benshi. Umwana udashobora kwitandukanya n umuryango we uwo ni muzima mu mutwe areba kure,n abana be baba ab umuryango,mwumvise ya mvugo y aba kera ngo umwana ni uw umuryango?none wakwitandukanya n umuryango wawe abana bawe bakaba bakibaye ab umuryango bate kandi witandukanyije nawo?mu isi ntabo uteze kubona baba umuryango wawe kuko umuntu avuka rimwe bityo amaraso yawe ni amaraso yawe uwo hanze ntateze kuba amaraso yawe niyo mpamvu kwitandukanya n amaraso yawe ni ukuba ikiburabwenge naho umukunzi we wamureka ugashaka n undi kuko muba muri abagenzi bahuye gutyo uko wahuye nawe ni ko uzahura n'undi,ni agahinda n igikomere cy iteka kuba umwana yavuka agasanga umuryango umubyeyi aturukamo ntumwemera nk umwana wabo kandi iryo ni ikosa riba ryaraturutse ku mahitamo y umubyeyi we uzarebe uko abana bishimira kujya kwa ba nyirakuru na sekuru bagahuza urugwiro bagateteshwa ibaze rero waragize amahirwe yo kubagira ariko ntibakwemere kuko uri amaraso y uwo badashaka iryo ntiriba ari ikosa ryawe cg ryabo ahubwo riba ari ikosa ry uwo mubyeyi wawe kuko ntawe uhitamo aho avukira ariko ahitamo aho abyara,kuvuka si amahitamo y umuntu ariko gushaka ni amahitamo ye niyo mpamvu gushaka ari ibyo kwitonderwa ugakoresha ubwenge cyane ntiwirengagize amahitamo y umuryango ukamenyako hadashakana abantu 2 gusa ahubwo n imiryango ubwayo ishakana iyo ni inama y abakera kandi ujye utinya ikintu abakera bavuze kuko baba bazi impamvu kandi umwana uzi ubwenge yigira ku birenge by abamubanjirije kuko baba baramutanze kubona byinshi,ntawe nabonye ugendera ku nama z abakera wigeze ayoba burya Imana ntiyibeshye igihe yavugaga ngo uramenye ntugashingure urubibi rwashinzwe n abakurambere,iyo ukuye igiti cyatewe nabo usigara ubuze aho kwikinga izuba rikakugwa nabi.
@furahakanakuze9786
2 жыл бұрын
😳😳😳😳😳
@mukeshimanadonatha7096
2 жыл бұрын
Iyi message yawe ndayisomye ndayirangiza , ntibikwiye ko umuntu yashakana nu muntu ngo ahite yitandukanya nu muryango we : urugero niba yarihiraga abana bavukana agahita abireka kdi akirengagiza ko igihe azaba nawe adafite ubushobozi uwo yarihiye nawe azarihira Abe.
@proactiverwanda787
2 жыл бұрын
Abantu mushaka ko Super Manager yiyunga na Sabin na Chita ndetse agakomeza kudushimisha wa Yago nokwa The choice kugira tugabanye imyuka mibi hagati ya Media n'abasitari bacu mumpe 👍
@blessing5830
2 жыл бұрын
Aramwaye satani ntagira intebe mu ijuru 🙄🙄😳😲😲😲😳😳 Hallelujaaaah 💃💃💃💃 Imana ishimwe cyane ko Pastor yakize Imana ihimbazwe
@uwamaliyadorothy4549
2 жыл бұрын
Yoooo Imana ihabwe icyubahiro ku bwo gucyiza Mutesi!
@karepeace7579
2 жыл бұрын
Ooh Mbega ukuntu natinze kumva a y'amagambo meza so intelligent mom ndagukunda cyane rwose ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️ Ibyo uvuga nukuri kdi birubaka
Maman, Tantine, sister, vyishi MO vyanje ndagukunda urabizi mbura nuko ndakwita💓mwambaye neza p murakeye
@nadiadushimimana5401
2 жыл бұрын
Imana ishimwe ko Mutesi yakize kdi nimbaraga zizagaruka.merci
@nsengiyumvaanastase9618
2 жыл бұрын
Sabe uwomushumba, ndamukunda, cyane. Iyokanzurero, ninziza, cyane . Ariko, umumbwirireko, mukunda, cyane. Nitwa, NSENGIYUMVA Anastase. Ndi, umu, Kristu, mwitorero, rya, A E B R. Mukarere, ka, gatsibo. Ariko, nkaba, ntuye, mukarere, kanyagatare. Murakoze, imana, ibahe, umujyisha, mwishi.
@alicebenimana6579
2 жыл бұрын
Wa mubyeyi we ufite ubuhanga 👌🏾
@inkogototv2243
2 жыл бұрын
Yoooo pore pastor wanjye ndibuka ukuntu wambatije disi muri Global I Huye none naragonzwe njya mbumbirwaho amasima nawe uri mu bitaro rero dukomere Imana iratuzi tuzigira mu ijuru.
@tigana108
2 жыл бұрын
Pastor, jya utanga ikiganiro kdi kubuntu kuko uzagororerwa n'uwiteka naho umwana w'umuntu we nta reconaissant, gira neza wigendere
Пікірлер: 214