Murakoze cyane! ese Yozefu yapfuye ryari? jye ahandi navuga ko Mariya atagiraga abandi bana ni igihe Yezu yari agiye kuva mu mubiri ari ku musaraba akabwira Yohani ngo Mwana dore nyoko. ni uko Yohani amutwara iwe. none yari kuba yarabyaye nabi gute kugeza aho amuha undi muntu ngo amujyane kandi afite barumuna be? iyo bahaba bari kuba bakiri bato kadi ni gute yari kumutesha abana bakeneye kurerwa?
@JeanNoelNSENGIYUMVA
16 сағат бұрын
Abantu bemezako bahari naze atubwire abo bavandimwe babYezi hanyuma tuzakore research tumenye Koko niba aribyo
Ubundi kugaragaza Mariya nkumuntu utarabyaye abandi bana, umuntu wahibye iyi theory ntago yabanze gutekereza neza cg hari ibyo atazi mubijyanye numugambo wagakiza Imana yazaniye Inyoko muntu!!!
@MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp
16 сағат бұрын
UMUNTU UHAKANA BIKIRA MARIYA CYANGWA UHAKANA UBUSUGI BWE NASHAKE AZABABIREKE 😮😮😮😮 BIKIRA MARIYA URI UWACU KABIS ❤❤❤ ABAJENE MUKUNDA BIKIRA MARIYA NKANJYE MUMPE LAKE 💯❤❤❤
@siloam2023
6 сағат бұрын
@@Emma-qe7ql Bikiramaliya ntiyabayeho ,habayeho Mariya nyina wa Yezu uwo Bikiramaliya muvuga ni ikigirwamanakazi : Soma Yeremiya 44:17 urahasanga umugabekazi wo mu ijuru
@EvelynMupfasoni
13 сағат бұрын
Matayo 1:18-25, malayika yabwiye Yozefu ngo ataza ryamana na Maryam KUGEZA amaze kubyara Yesu. Yesu ubwe yatandukanije nyina na bene nyina na abigishwa be ( nibo bene se, nibo ba nyina). Matayo 12:46-50. Mariya yabyaye abandi baba. (Mariko 6:3; Matayo 13:55. Mumbarize niba hari aho Bibliya itubwira gusenga tunyujije kuri Mariya cg abatagatifu. Yesu ubwe yatwijeje ko icyo tuzasaba mu izina rye azagikora. ( Yohana 14:13-14) Yesu ni we nzira n’ukuri n’ubugingo ntawujya kwa se atamujyanye.Yesu se yaribeshye yibagirwa kuvuga nyina?(Yohana 14:6). Twanyura dute kuri nyina?! Mariya ni intangarugero mu bakobwa bizewe n’Imana, ariko si Imana kandi ntakiri isugi nyuma yo kubyara Yesu.
Murakoze kubw'iki kiganiro.Mumbarize Padiri ibi bikurikira: 1 Mbese Padiri ashatse kutubwira ko Yozefu atari umugabo wa Mariya? 2 Byafashe igihe kingana iki ngo Kiliziya Gatorika izane izi nyigisho zo guhakana ko Mariya atigeze abyara abandi bana? Mbere y'aho se babyemeraga gute? 3 Ubundi twemeye ko Mariya yabyaye Yezu kuri Roho Mutagatifu,abandi bana akababyarana n'umugabo we Yozefu byaba bihungabanyije iki ku bumana bwa Yezu? Naho se k'ukuba Mariya yararinze ubusugi bwe kugera abyaye Yezu? 4 Ubumana bwa Mariya bwo bukomoka he?
@niyigenajeanbaptiste2057
4 сағат бұрын
Ahubwo se wowe uwakubaza abandi yabyaye usanga ubisoma he?
@RugemantwazaJeanmarie
4 сағат бұрын
Murakoze cane Patiri wacu kunyigisho nziza uduhaye k'Umuvyeyi wacu B.Mariya.Ndabaza uyo mwene Data avuze ATI vyotwara iki kuri yezu avyaranye na Yozegu nyuma ya Yezu.Nanje ndamubajije ngo vyotwara iki B.Mariya nyuma ya Yezu ataryamanye na Yozegu k'ubw'umubiri ngo bavyare abandi bana.Ese niba yezu wemera ko atavutse k'ubw'umubiri kuki utokwemera ko bishoboka ko bashobora kubana na Yozegu batabanye murubwo buryo wiyumvira?Ikindi Kandi muravuga ngo B.Mariya ntiyobasabira uwahawe kuvyara lmana,ariko ukizera ko uwo murikumwe mumubiri,Kandi mukirikumwe mugicumuro ko yagusengera?Ndakubwije ukuri niba utemera inzira Yezu yanyuzemwo mukudukiza Ntiwibaze ko na Yesu umwemera. Soma Yahani 19.25.27 Ubwo niba ariko uhakanye ko B.Mariya Atari Maman wawe.Ukaba uhakanye kutavukana na Yezu kristo.
@Irakozerosine-dx3dv
14 сағат бұрын
Ahobwo uzatubwire ana na ruwakimu ababyeyi bamariya kotuvugango bikiramaria utasamanwe icyaha nawe yavutse ntayezu
Nimuhorane IMANA bavandimwe. Nshimiye uyu mupadiri ukuntu adusobanuriye ibi bibazo. Gusa ku bifuza kumenya ibindi byinshi ku buzima bwa Yezu na Mariya na Yozefu basoma igitabo cyitwa L'évangile tel qu'il m'a été révélé cya Maria Valtorta. Kitubwira rwose abo bavandimwe ba Yezu. Bari abahungu ba Alphé cg Kiriyopa wari mukuru wa Yozefu umurinzi wa Yezu na Mariya. Umugore we na we yitwaga Mariya abana ba bo bakaba Yozefu (imfura ye yitiranwaga na murumuna we) Simoni, Yuda na Yakobo (aba babiri ba nyuma bari intumwa za Yezu ndetse uyu Yakobo ni we wayoboye Kiriziya ya mbere y' i Yeruzaremu) naho se wa bo Alphé n'abahungu be babiri ba mbere babanza gupinga Yezu kuko bari barareranwe ntibumve ukuntu ahise aba Umucunguzi ariko na bo nyuma byarangiye bamwemeye.
@CyizamiSamuel
4 сағат бұрын
Mwabantu mwe makitonze ko murimo kubwiriza ubundi butumwa n'undi kristu n'undi mwuka abanyakorenti ba kabiri (11,4) nimushaka uyu mutwe wa 11 muwusome wose.
@murutampunziedouard5820
5 сағат бұрын
Padiri arakoze ku tujijira mu kwemera no kutwigisha inyigisho nziza. Turabashimiye.
@siloam2023
6 сағат бұрын
Yewe reka ne kijya impaka kubyo ntazi! Ariko muri bike nzi Batwigisha idini kuruta kutwigisha Imana yaba bibiliya Yera cg ntagatifu nta Bikiramaliya urimo harimo Maliya nyina wa Yezu , bibiliya ikavuga ko nyina wa Yezu yabyaye abandi bana. Ariko idini yaduhimbiye ikinyoma tukimaranye imyaka ikabakaba 1997
@CyizamiSamuel
4 сағат бұрын
Bikiramariya uwo muvuga ntabaho ni umuhimbano kuko uwo tuzi na Bibiliya itubwira ni Mariya nyina wa Yezu, naho izina bikiramariya bibiliya ntahantu na hamwe warisanga
Ariko ni uko mwembwe muri gatulika mutamenye, buriya muburyo bwo kurinda Yesu, Imana yagombaga kumwerekana nkumuntu usanzwe. Biryo rero yagombaga gukurira mumuryango wuzuye nkumuntu usanzwe. Kuba Mariya yarabyaye abandi bana nibyo byiza ku Mana muburyo bwo kwerekana Yesu nkumuntu nkabandi. Rero Mariya yabyaye abandi bana nabenshi ahubwo, na Yakobo, umukuru wa Kiliziya yi Jerusalem yari umuhungu wa Mariya!
@LadisLadis-t3d
16 сағат бұрын
Nta Bibibiliya usoma wewe nico gituma uvuga ivyo wishakiye Niba uayisoma ntiwumva ivyo usoma ivyo arivyo. Umva ndakubwira iki kintu uzo kibwire n' abandi mudashaka kuvirira ivyo mwihimbiye: 1. Si Umigambi w' Imana ko imiliyaridi 8 zituye isi umwe wese yovyuka avuga ngo nubatse urusengero. Abantu bigiza nkana kugira batavirira ivyo bihimbiye kuko bibinjiriza umusaruro. 2. Yezu atari Yesu Afise Nyina, Si impfuvyi. Kandi Uyu Muvyeyi Imana UbwaYo Yamuteye Iteka, mwebwe murimwambura nka bande? 3. Imana NtiYarinaniwe Kurungika Yezu Kw' isi nk' umusirikare, agakoroka m' umutaka canke akabonekera abantu ari umugabo atarinze kuvyarwa n' umugore. Kandi bikaba mugahe gato ata nteguza. Hanyuma akabwira abantu ati nje ntumbero na Data, kandi muvyemere. Ivyo ntivyari binaniye Imana. Kuba Imana Yarinze kubitegura bigatwara igihe kirere ngo ducungurwe, ni uko Yashaka ko twebwe abazovuka nyuma Ya Yezu, tuzobone uburorero nyabwo(ikitegererezo) bw' ukugene umuntu aza kw' isi kuva bakimusama inda. Ni ukuvuga ngo "Umuryango Mweranda W' i Narareti, ugizwe na Yezu, Bikira Maria na Yozefu, batubera akarorero, muri' buri kintu cose c' ubuzima bwacu. Mutima Mweranda agufashe gutegera Neza inyigisho z' uyu Padiri mwiza" Gira Amahoro Y' Imana muvandimwe wanje.
@NIZEYIMANAFabien-li2qn
16 сағат бұрын
Noneho Mariya muka kiropa niwe nyinq wa Yakobo?bivuzeko Yakobo ni mwene Kiropa?
@douceukuri6128
16 сағат бұрын
Ntabwo Yezu yavutse nk’abandi bantu bose kuko yavutse nyina Maria adahuye n’umugabo, niba se Maria yarahawe uwo mwihariko, Imana yabuzwa ni iki kumurekera Ubusugi bwe no kumujyana mu ijuru?
@user1-mt1ye
15 сағат бұрын
Kura ibinyoma aho!
@douceukuri6128
15 сағат бұрын
@@user1-mt1ye Sobanura ikinyoma kiri mubyo nanditse?
Пікірлер: 55