Mu kiganiro n'itangazamakuru, Korali Patmos yo mu itorero ry'Abadivantisite b'umunsi wa karindwi yatangaje ko iri mu myiteguro ya nyuma y'igitaramo kidasanzwe yise “The Highest Praise, kizabera muri Kigali Convention Centre ku wa 25 Ugushyingo 2023.
- Күн бұрын
Patmos choir ikunzwe cyane yateguje igitaramo kidasanzwe yise "The Highest Praise"|Ibyo wamenya
- Рет қаралды 1,273
Пікірлер: 3