Uru rutonde rurimo amaranga mutima no kutamenya. Cyangwa hari kaminuza ushaka kwamamaza. Hari kaminuza wasize zikomeye cyane, noneho igitangaje washyizemo nizirutwa na secondary schools.
Man utanshyize mo UTAB (university of technology and arts of Byumba waba wahiye kabisa) abantu Bose bakomeye bize ubuhinzi n ubworozi n uburezi muri iki gihugu batize muri UR ni ho bize uzakore ubundi bushakashatsi
@Mzeeart
5 ай бұрын
Mount Kenya university, itarimo ntacyabaye
@estherngendahimana9586
5 ай бұрын
Ntacyabaye peee😢
@yisabriel
4 ай бұрын
Mount Kenya ikora icengana na leta yanga kwigisha module zingenzi yishakira Kash gusa
@munyakayanzajeannepomuscen7447
5 ай бұрын
Ubundi KIBOGORA POLYTECHNIC yakagiye ku mwanya wambere!!
Woe se urimo kuvuga ngo uyu musesenguzi ni injiji wamurushije iki ko mbona nawe utazi no kwandi HEC mu magambo arambuye 😅😅😅😅😅😅😅
@ikagi-k8u
5 ай бұрын
@@NDAGIJIMANAJeandeDieu-c9m oya mujye muvuga ivyo muzi. ibintu byose mwabihinduye gutwika gushaka views, kuvuga pr kuvuga, ahubwo nabikureho. ese ni iki kibaha uburenganzira bwo kuvuga kuri education uko mwishakiye. Hec ihaguruke ibamagane cg mineduc.
@njptechs1185
3 ай бұрын
AUCA igira ishami rya nursing and midwifery kuri Ngoma-Karongi. Bivuzeko ari amashami 3
@gilbertngoga6166
5 ай бұрын
Ukuri kw"ibi ni guke
@renendagiwenimana-lv9pp
4 ай бұрын
Uzatubwire na university of rwanda polytechnic institute
@tuyishimireevariste8542
4 ай бұрын
Niba Utab itarimo wapi
@kwizerafaustin-f2d
Ай бұрын
CUR niyo yakabaye iya kabili
@veroniqueniyonsaba7062
5 ай бұрын
Ruli Higher Institute of Health Stainte Rose de Lima itsindisha 100% n'abakora National council for nurses. Uburere bwiza,ethics,....yijyanemo umwana wawe.
Пікірлер: 203