Abanyagarati4:4- ariko igihe kigeze Imana yohereje umwana Wayo avukaku umugore ..... IMANA Nzima itabare abayobagurika bitwajengo Bikiramariya ntazinarye Bikiramariya ninawe wujuje ibyo Malayika yariyabwiye ise wa Yohani ko Yohani azuzura imbaraga za Rohomutagatifu akiri Munda yanyina. Mose iyo yaganiraga ni IMANA abayisiraheli babonaga igicu kibuditse kwihema , naha Imana yohereza BK kwisi avuga ibyo yamubwiye abantu bakabona agacu , ariko ntidushime.
@valerieuwamahoro1373
3 ай бұрын
Urakoze kuduhugura. Imena iguhe umugisha.
@marcienyiraneza8390
3 ай бұрын
Urakoze cyane.
@emmasandra8338
3 ай бұрын
UMUBYEYI WACU WINDAHEMUKA UDUSABIRE
@clementinemukunda189
3 ай бұрын
Amen 🙏🏿
@hilttiti8550
3 ай бұрын
Padi, uyu munsi ko nta nyigisho kuri Bikira Mariya nabonye, ntayo watanze. Ni uyu munsi le 14/05
@hilttiti8550
3 ай бұрын
Urakoze padi, ugire umunsi mwiza.
@chantabatamuliza9558
3 ай бұрын
Murakoze padiri
@JudithMukarwego
3 ай бұрын
Mubyeyi Bikiramariya mwamikazi wa Fatima udusabire
@user-pr2oj8rr4b
3 ай бұрын
Oya ntago upfuye ku itariki ya 13 za buri kwezi ahita ajya mu ijuru ahubwo kuri iyi tariki BM yahishuye ko Imana Data yamwemereye gufunga umuriro w iteka
@marcienyiraneza8390
3 ай бұрын
Uzaduhe ikiganiro cyerekeye uko umuntu asenga yisunga umutima wa Bikira Mariya utagira inenge
@JudithMukarwego
3 ай бұрын
Padiri urakoze kudusobanurira ibirikuba mu kwemera gatorika ..
@@VictoireAKINGENEYE Dawidi yahanuye Bikiramariya muri za zaburi ya 17 Niya 25 niyi ndetse niya1 Aho ahanurako hahirwa umuntu udakurikiza inama yabagiranabi , akirinda inzira ya abanyabyaha, kndi ntiyicarane nabaneguranyi.... Zaburi 7 isengesho ryi Intungane itotezwa, yari Bikiramariya. Ahenshi usanga bataravuze izina ariko niwe na izayi na yeremiya na mwene siraki yaramuhanuye33:14-24 gutinya Uhoraho. Ubuhanga3 numutwe wa4 numutwe5.
@ndayisengaignace-rr7qy
3 ай бұрын
mwiriwe neza muvandimwe naringarutse njekugusubiza ndi umukristo catholic nkawe ariko njye sinshobora kwemera inyigisho zidashingiye kuri bibiliya wansubije umbwirango ibyamayerekwa ya bikiramariya ngo biri murizaburi nyandikira iyozaburi nyisome kandi unyereke muri bibiliya ahanditse bikiramariya, ndagusabye unkure murujijo nibatarubuyobe twirirwamo dusenga ibigirwa Mana batubeshyako ar,Imana nibawabyemera wampa number yawe nkaguhamagara murakoze
@KaregeyaDominic
3 ай бұрын
Pari mwatubwira neza aho ukukwemera kwaturutse hari benshi bemera ko kubakunzi ba BikiraMariya iyo bapfuye Ku itariki ya 13 za buri kwezi ko BikiraMariya ahita abajyana mu ijuru mwadusobanurira.murakoze!
@abajenezasolange6811
3 ай бұрын
Icyonzi kuribi nuko iyuri umukarumeri ugapfa Bikiramariya aza kukwikurira muri prigatori kuwa5 ariko iyupfiye5 bwo agutwara utanahacumbitse. Abakarumeri ni Bikiramariya wabasabye gushinga uwo muryango Papa wariho abarwanya Bikiramariya aramubonekera nuko amubwirako ariwe wabishakiye..... Long story 🥰
@perivenizigiyimana5905
3 ай бұрын
Muratwenza iyo muva . Burya rero ngo Mariya arafise ubushobozi bwokugutwara mw' ljuru? Mariya arindiye izuka mubandi bose . kandi ndi muzima; nari narapfuye, kandi raba mpora ndi muzima ibihe bitazoshira, mfise impfunguzo z'urupfu n'iz' i kuzimu. Ivyahishuriwe Yohana 1:18 Nguyo uwufise urupfunguzo rero nayo Mariya mission yiwe yarayyirangije ; ntabindi ariko arakora.
Пікірлер: 61