Nibyo ni uburwayi kuba utagishaka kubana ni abantu ariko kubivuga niko gukira. Waciye mu bikomeye ariko urabona ko iyo wiga wari ufite ubwenge nk'ubw'uwo mukobwa wawe. Be proud. Biriya waciyemo ni amateka ashaririye ariko havuyemo imbuto y'umugisha. Ni ukugerageza ugatangira gahoro kwiga kuba sociale
@jagellonhakuz6151
7 ай бұрын
nubwo uri umurakare,ariko urafasha ibyo ubishimirwa naburi wese ukuzi.nyuma yibyo byose hari ibyiza. courage Mama
@OmarHassan-qu7gv
7 ай бұрын
Imana niyonkuru igituburirebyinshi mubyo wifuza byiza. Madame Sandrine Insha Allah Allah
Humura uri muzima cyane, ntakibazo ufite mubitekerezo ahubwo uri umukozi! Iyo umuntu ari entrepreneur ibitekerezo biba mumishinga! Nibyiza ko utanze imbabazi, baho wongere ubeho
@Tresinarde34
7 ай бұрын
Sabin ndi muri Ottawa uwo mwana mundangire aho ari nzahure nawe
Пікірлер: 254