Ark bro wazadushakiye Theo Koko,,,,ababinshyigikiye mumpe like....!!!!
@niyonsabadancille5469
3 жыл бұрын
Sha Sha kampala nge namubonyeyo
@tuyishimireemmanuer8769
3 жыл бұрын
Ingabire nimwizape!
@tuyishimireemmanuer8769
3 жыл бұрын
Muzatubarize Theo KBS birababaje.
@kayijukamusabe6792
3 жыл бұрын
Theo ni kabwera ntabwo abyemera
@uwasechantali5212
3 жыл бұрын
Nonese ubwo umusni umwe inda
@Resurrected_with_Christ
4 жыл бұрын
Aimée twarakoranye urabizi. Ndakwikundira. Nkigera ku kazi ni wowe wa mbere wanyakiriye. Waranyigishije nubwo iyi nkuru yo nayumvaga nk'igihuha. Nejejwe n'ukuntu Imana yagiye ikwigisha ubwenge
Yesu arashoboye kid yabyaye abo ashoboye kurera! Aimee ubaye intwari pe, kuburira bagenzi bawe! Mbonye ko Yesu ntaho atakura umuntu ntanaho atamugeza.cyakora amashuri aragwira ikosi y’Imana ikaranga idashiririza! Isomo: umugambi w’Imana ni mwiza kubantu bayo! Imana igira imbabazi 🙏🙏🙏🙏
@umuganwamfidela6265
4 жыл бұрын
Uri intwari nukuri kandi Yesu agukomeze muri uru rugendo.... Yesu yarakubabariye nibwo butunzi bukuru wagira, Sabin nawe Yesu aguhe umugisha kuri iki kiganiro dukeneye kubakana iyi si yuzuyemo amagorwa menshi. Amagambo menshi gusa ndanezerewe kubakurikirana I'm very proud of you!! Remain blessed 🙏🏾
@deokanyamizigo4439
3 ай бұрын
😢
@irambove
4 жыл бұрын
Uyu mukobwa ni mwiza pe .Natural beauty
@angelmmedia3880
4 жыл бұрын
Sabin ndatekereza leta yazabyigaho bakagira icyo babikoraho kuko urugero: hano muri USA iyo umuhungu ateye umukobwa bamuteye inda bategeka Ko umugabo atanga charger support iyo ataribushake umukobwa arera umwana mpaka agize 18 years. Nkamwe banyamakuru harukuntu mwaba ijwi rya rubanda kandi mukaba mwaganiriza leta. Njyewe birambabaza kumva umuhungu atera inda agaheruka ayitera then agasinzira ntiyibuke uwamukomotseho. Murakoze icyo nicyo gitekerezo natanga. Kandi na bwira uwo mugore kwikunda as she said nimana iramukunda. I hope komuzabona iyi comment.
@callixtesibori7049
4 жыл бұрын
Igitekerezo cyawe ni sawa kuko umukobwa wabyariye murugo hari category bamushyiramo ariko kuba uwayimuteye yajya atanga charge zantunga umwana 18 years mbona bigoye kuko abeshi bazibatera nabo mba mbona ari basakintu, gusa Wenda babanye byaborohera bagafashanya kurera uwo mwana kuruta kubijyana muri leta ariko umugabo wabikoze ataye umugore bashakanye ajye atanga igitunga ibizatunga umwana abitegetswe na leta
Abarokore barwaye urwango no gucirirana imanza.mwihane kuko aho umuntu agwiriye siho yihanira.sha marie aimée arambabaje,njye ndamwumva cyane.komera aimée!
@uwasesandrine2351
4 жыл бұрын
Jya unyumvira nawe koko umwana agize imyaka 7 ariko ngo arahejwe mwitorero koko ibyo nibiki umbwose nihe aruhukira koko bisubireho rwose umuntu usabye imbabazi azihabwe
@gildasbijus505
4 жыл бұрын
Plse ibi ntabwo ari ukurokoka cg ubukristu...(ni ibigeragezo by ´umuntu kugiti cye....numutima nama we kuko ijambo ry´Imana bibaye ari ukuri rifite uko ribivuga soma Galet 3. umuntu arakora interview 2 ku munsi na za youtube TV, zitandukanye....ahindura style na look nkuwiyamamaza kuba Depite gusa nibimuhira azabeho.. .ikibabaje nonese ko 2010 yaje mwitangaza makuru wenda ntacyo byamaze, 2018...nubu...ahandi ho yavuze ko ubu tugiye kujya tumubona...ngo guterwa inda.....
@edwardfis7719
4 жыл бұрын
Theo we nguzasubireyo ntamahwa!, Ahubwo yatumye uba umustar !.amamara Madam Theo!.
@ntakirutimanavedaste6723
4 жыл бұрын
Ibi ni ugutukisha izina ry'Imana no kwandagaza itorero
Ngewe isomo nkuyemo muri ikikiganiro, nuko twebwe ababyeyi twakagombye, gukora inshinganozacu zokurera !! Kuko uyumwana wumukobwa nimba yarahuye nubuzima nkubu, nuko yabuze uburere bwumubyeyi, papa we yitabye Imana, n'a Maman we ntiyabaye umubyeyi, nigute ushyira hanze umwana wawe wibyariye , wumukobwa, ?? Ntahumwohereje, en tout cas birababaje ! Njye sinaryama ngonsinzire, 😢😢😢😢 yariburwaniri shyaka umwana we pe!!! Gusa igishimishije nuko malgrer yibyo yaciyemo ubu akomeye, nubwo ibikomere abifite ariko ce qui ne te tue pas te rend plus fort 💪
@mamansonianana2331
4 жыл бұрын
Niyo mpamvu nzanamba ku bana nabyaye
@mugabeyvette3610
4 жыл бұрын
@@mamansonianana2331 nukuri pe kuko bontaruhare baba bagize kugirango baze kwisi 🤔 Guta umwana wibyariye ntabumuntu burimo
@chantalrwanda8353
3 жыл бұрын
Yoooo pole shenge humura byakubayeho utaraca akenge none umaze gukura ntuzongera gushukwa kandi ndasenga ngo IMANA igukize ibikomere Yesu numubyeyi Wawe ujye umuhanga amaso azagufasha kurera umwana ,ntuzemere ko satani agukandagira ku ijosi ashingiye ku mateka yawe,lmana izaguhe imbaraga zo kubabarira Theo,Kandi ntuzigere wereka umwana wawe agahinda atazakurana ibikomere nkibyo wakuranye,komera komera
Nabonye part 2 yawe ntarabona iya mbere nasobanukiwe gusa icyo nakubwira nubundi ibyo wanyuzemo wabitewe nuburangare no kutirinda nkuko wabitubwiye icyo nagusobanurir kuri biriya byo mu itorero kariya ni akanyafu bakoresha kugirango abakristo gukora ibyaha batazabigira akamenyero byibuze hari abatinya buriya bihano bigatuma birinda rwose itorero ryawe nturigireho ikibazo kdi Theo nawe umubohore rwose kuko nkuko watubwiye ntabwo yagufashe kungufu yaraguteguje buriya wari kwemera guhamya ubukristo ubundi ikakurinda nkuko yari yarakurinze gusa courage kuko ufite intumbero nziza nzakwishakira tuganire
@juventinemujawase8901
3 жыл бұрын
La Pauvre! 😔 see how amazing she is! May God give you joy my daughter!
@nduwayonadege5310
4 жыл бұрын
This beautiful lady and mother need a hug and a friend # family to talk too as she mentioned on the interview. Please help her on that as it is not an easy task to raise a kid by a singel parent and the innocent ones comes in those relations won't be a victim but a blessing for the whole nation. Neitherless become the leader of tomorrow. Stay blessed.
Yeah it is not a easy task to raise a kid as a single parent but it is very possible and very successful my Dear! Tangible examples are more than 1000! Stay blessed too!
Imana ifise nature yayo kuko biratangaje ingene Theo aguma mu caha c'ubusambani hama akaguma afise gift yo kuririmba burya ijambo ry'Imana rivuga ngo : ivyo urabikora nanje ngahora ukibaza ko mpwanye nawe!! Theo and other people like Theo shall be judged!! thank you Sabin much love from 🇧🇮🇧🇮 to south Africa!!
@niyonsengaisrael6035
4 жыл бұрын
Imana imukomeze cyane Ingabire waciye muri byinshi bibi ariko harimpamvu, iki nicyo gihe cyawe cyo kwiyubaka. May God bless you.
@foodandfriendship5162
4 жыл бұрын
This is her Therapy session. Please be respectful into your comments. Umuntu wese arakosa niba yaranakisheje mwimutera amabuye kuko yarakomeretse
Yooo mama,après la pluie les bon temps,humura rwose uri mwiza ,upfa kuba waritwaye neza Imana iraje ikugirire neza rwose ,iraje iguhoze amarira ,ikubakire ubeho neza wowe n,umwana wawe keep praying kandi utegure gukomeza kaminuza,ikindi ntuzibagirwe abababaye any how
@linem6641
4 жыл бұрын
Nkunda Isimbi cyane. Nayifashe nka cours du soir ,ngomba kuyireba tous les jours. Amasomo dukura hano ku Isimbi ni menshi ari utwishyuza ntitwayabona. Ceci est pour te dire Merci Sabin , ingufu mushyira mu kazi mukora biratwubaka.
@mutamatv7128
3 жыл бұрын
Mubuzima hatarimo uwukugambanira Burya ntuba utwika uwshigikiy amp like 👍🏻
Abantu bakwiriye kuba careful before they judge umuntu kuko uyu mukobwa yahuye nibintu Bibi cyane in life kubura uburere bwababyeyi bagukunze ntago byoroshye case myinshi abana bireze bahura nibibazo byinshi cyane
@hategekimanaeric8751
4 жыл бұрын
Ngo nikadahushwa Theo kabombo Keraho ngo nimfizi ya commune nihatari icyiza cg inama yambere abakobwa bahagirike gusambana kwabo ibyiza ubonimbuto yibyiza nibibi ubona imbuto zabyo Ikindi THEO nahindukire akorer'Imana kuko ashobora guhura nigihano gikaze cyane Imana ntizakomeza kumurera mubyaha
@christineuwizera4927
4 жыл бұрын
Sha komera,ikiniga ufite kiragaragaza ko iby'uvuga ari ukuri.Imana izajye ikurwanirira.
@thierryniyungeko8025
4 жыл бұрын
Wooww. Share the same view...
@SamuelUWIZEYE-v5i
13 күн бұрын
Pole dis kuba yarakubwiye uko kwarukujyira ngo uzatange ubuhamya IMana ishimwe ko utanze ubuhamya kdi buradukomeje cyanee
@habonimanaflorien6181
4 жыл бұрын
Koko Theo sinamubwira ngo nakomeze atere inda, ariko uwateye inda n'uyiterwa baba babigizemo uruhare! Ubu twumvise iby'umukobwa ariko ntitwumvise ibya Theo, biranumvikana ko uyu mukobwa yanahuje ibitsina yabanje kugisha umutima inama, yagize intege nke zo kurinda ibintu bye, Theo nawe asanga umweko upfunduye, bombi kandi bigaragara ko ari abanyabikomere! Wasanga Theo ibyishimo by'ubuzima bwe bibonekera mu guhuza ibitsina bikamuruhura ibikomere, ni gute se abantu bibuka kuvuga ibyabo ari uko ibibazo byavutse nyamara mu gihe bari mu kwishimisha ntawashobora kubabuza? Kuba wari ufite ibibazo ntibisobanura ko wagombaga kwemera guhuza ibitsina, kandi na Theo mu gihe cye cyo kuririmba yari umu star Ku buryo wasanga nawe waramukundaga ukanabyifuza!
@mweravivian5231
4 жыл бұрын
Ihangane disi uri mwiza uzabona ugukunda byukuri ariko niwikomereza mu Mana.
@eagle1225-G
4 жыл бұрын
Shaka irindi torero aruzuye Uve mubujiji ?
@coletteuwanyuze8720
2 жыл бұрын
ubuse twese ntidufite kamere urabona ukuntu uwo mukobwa byonyine asa ? yagirana ubucuti n umugabo koko bikarangira bite
@yvettekampimbare272
4 жыл бұрын
Marie Aimé courage! Iryo zina Yesu ararihindura! Ndi umuhamya ! Kandi abo bana babera umugisha abavyeyi babo! Komeza usenge, ugume muri Yesu gusa. Imana izogukorera ibikomeye.
@uwasepsj8768
4 жыл бұрын
Icyo mvuze cyo umugore wa Theo Imana imukomeze kuko urugamba ruhindura isura buri munsi nubwo yarabizi ko abyara hanze ariko ntiyarazi ko bizakwira isi bene aka kageni
@CetribeaBurundibwiza-tz5le
4 жыл бұрын
Eliana yarakwiye kuba mukatheo, hama tukaraba bimweyavuga
Ma Cherie Aimée, njye nukuri ndagira ngo nkubwire ko Yesu agukunda. Kandi nanjye ndakwikundiye pe!! J'ai pas de bien materiel à te donner mais wumve ko nkwikundiye. Komera, wikunde, wiheshe agaciro, urashoboye. Unyemerere nzahure nawe tuganire nkubwire nti Komera. Bampe contacts zawe nzakuvugishe
Imana ikomeze kugufasha urumuhanga urinumunyabwenge nubwo wabyaye ariko wambera umukazana urumukobwa mwiza lmana igukomeze Kandi izaguhindurire ubuzima wubake kuri Yesu naho abantu barahinduka lmana izaguhoze amarira humura Yesu azakugirira neza
@mugenwamarkabel5559
4 жыл бұрын
This Lady use to Print for me. Anyway she's very nice. And I Thank the Lord for strengthening her and blessings from Heaven will be upon her. Twase twakoze ibyaha kandi uwiteka ararabarira, Idini ryo ni organization y'abantu biha amategeko. Uwiteka aragukunda iteka ryose. Sabin yibagiwe kukubaza General question: ni iki ubuzima bwakwigishije.
@@mugishajoshua8901 Aha ho uratubeshye kuko niyo bigisha hari ibibwiriza babworizamo ko kunyereza imisatsi no gusuka no gusiga inzara na makeup ari ibyaha binuka nyamara tukirengagiza umuntu w'Imbere ko ariwe ukizwa kuburyo ahindura umuntu winyuma. Bavuga ko ari icyaha cyane rwose kuko nta nimirimo wakora mwitorero ufite umusatsi maze na naturel nyinshi ufunga chignon basigaye bavuga ko Ibyo bihuru Imana igiye kubitwika!
This gal she's my super hero. very smart true gals we have to find our ends meat.
@gildasbijus505
4 жыл бұрын
GAL????????wakwanditse ikinyarwanda wenda ko cyo wa....
@ingabireclementine4832
4 жыл бұрын
Arikwigana Mutesi Jolie 🤣
@thierryniyungeko8025
4 жыл бұрын
Never seen her before but she's real. Love from Bujumbura
@diallodidi9032
4 жыл бұрын
Oya sha ilyo jambo niliza ulibyaze ikiza, nureba umwana ujye wunva ko ali cadeau y'Imana. Courage. Mbega Papa!
@uwerachantal1006
4 жыл бұрын
Humura Yesu arakuzi aragukunda nubwo wakomeretse hari uwomora imitima numwizigira azagushumbusha umunezero wabuze ndi umuhamya wabyo senga kdi ukiranuke Yesu araruhura HUMURA ni muzima.
Aimée ndamuzi twarakoranye. Bajyaga bavuga ko yabyaranye na Theo ariko simbyemere. Disi warababaye. Chr hari Imana ihoza amarira. Kumbe wabaye na marine? Hari Imana ihoza amarira. Humura uzanezerwa. Ndakuzi wigirira n'umutima mwiza. Ukuntu witonda. Ukuntu wisengera. Ukuntu uca bugufi ntabwo Imana izabisuzugura
@nkurikiyimanajeanpaul1610
4 жыл бұрын
this is the best one of needed leassons for young people,very thanks to Sabin and Ngabire.may God bless you in all!
@HerveMugisa
5 ай бұрын
Muraho njye nitwa Hervé,ndi DR Congo ndabakunda cyane ku biganiro byanyu.
@hugohope6567
4 жыл бұрын
Very strong woman!!
@theoruhumuriza4817
3 жыл бұрын
Abantu benshi bashobora gukomereka ariko ntibakwiye kubagirwa gukomera no kwihangana kandi abakobwa bose bakwiriye guharanira gushaka ibisubizo bagendeye kuri Bibiliya kandi abayita beza Ku magambo Si beza Ku mutima.
@nshimiyimanatresor1015
4 жыл бұрын
None se kubizana hano mu itangazamakuru ni iki bimaze cyane ko urimo kwishyira hanze na Théo niba ari nabyo nkuko ubivuga, uratekereza ko uhemukiye umwana? Nyamara ibi bintu byo kuri za KZitem birabikwa. Ba uretse ejo uwo mwana batangire kujya bamuserereza bagenzi be,kandi uzabyicuza mubyeyi. Hari inzira nyinshi zo gutangamo ubuhamya udakomerekeje umwana. Ntugire ngo ndaguhana oya ahubwo ni inama naguhaga. Murakoze cyane mubyeyi
Ikibabaje nuko Theo yateye inda abakobwa bitwa ko bakoreshwa n'umwuka bo muri ADEPR.icyakora yarobanuraga abeza
@onealpeterson2180
4 жыл бұрын
Dusingizimana Remy abana b abakobwa baragenda bagakoronizwa n amatorero,ubujiji bukabuzura babona umusitari w’umuvugabutumwa bakamwiha wese ntakwitangira,nyamara ukaba utamubasha kdi ari wowe umucyeneye muhazaza,kubera inyigisho zamucengeye akakubonamo nk icyigusha bikarangira umusitari mw’itorero amwangirije future
@jeanbatpiste5714
4 жыл бұрын
Yemera inzobe pe . Ntiyisondeka
@ghyslainnduwimana4323
4 жыл бұрын
@@jeanbatpiste5714 hahaha
@euphranema7866
4 жыл бұрын
Erega ntabwo abari mu Itorero bose ari abanyetorero hari n'abaza kwihishamo bafite izindi gahunda nk'uyunguyu,intego zabo ni ugushyira ibisitaza ku bantu no gutukisha itorero ariko bazajya basarura ibyo babiba! Bibiliya ivuga ko muzabamenyera ku mbuto zabo,umuntu ni mugari rero ntiwamumenya! Ubu se aravuga iki? Yari ayobewe ko Theo yubatse akaba agiye gusenyera mugenzi we! Bazabona ishyano!!!!
Ubu c kwikwiza isi bimaze iki Theo yaracumuye ariko nimwe mwamwishyiraga kubera yari umu star ninde utazi Theo koyari afite urugo ba Derira gusa.!Dawidi yaracumuye abyara umwami salamo Theo mumuhe amahoro muritwe ninde udacumura?
Ariko ubanza harimo n'igiti cyangwa igitambo Theo aba ashaka si gusa!!!!!!!! Imbaraga numva Mushiki we yashyizemo n'uburyo hahora haboneka benshi nkaba yabyaranye nabo bose si gusa. Umwana uzamuganizrize amenye ukuri nibyo byiza kuko ari we ari nawe nta kosa mufite. Ibyo mu itorero byo ntuzabyizirikeho cyane ahubwo uzizirike ku Mana kuko ibindi byo ni ibigo by'abana b'Abantu bishingiye mu nyungu zabo.
@napoleonnimbesha3138
4 жыл бұрын
Thanks ngabire you are a brave woman.. Don't fight with the past. You was so young.. I watch all the video and I think it's will help many young people outside there.. Thanks Sabin
Njye nagira inama aba bakobwa bose bavugako batewe inda na Theo ko bakwishyira hamwe bakajya gushaka RIB ikabarenganira, kubyara umwana ukirengagiza inshingano birahanirwa, Theo ntabwo ari hejuru y'amategeko
Пікірлер: 1,8 М.