Ariko ubundi, niba avuga ko Urwanda rwafunze ikirere yagiye kubibaza Kabila petit, ise amaze kuduhemukira. Ngo gufunga!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
@damascenesakindi9166
2 ай бұрын
Hari abaje kwivuriza mu Karere ka Burera, duhuriye mu nzira bambaza aho bakura restaurant, mbarangiye mu giswahiri, barambaza bati: ko twumva uri mwenewacu, ndangije mbabwira ko twese turibamwe, Uretse Inda idahaga, no kwifuza ko ukuri kwajya mu mitima yabo.
Пікірлер: 90