Njye mbona aba biyita abayobozi ba AJSPORT bari gukoreshwa bashaka kuzimya ibyakozwe na wa mugore bari Cameroon, barashaka gukoresha ububasha bahabwa n’amategeko mu nyungu zabo bwite
Sam ko muve mu matiku muvuge sport kuko ibyo mwita kubaka ntabyo kuko mwirwa mwigereranya n'abandi mwerekana ko murenze.Mujye mwigira ku bandi aba hafi na kure
@usabuweraemmanuelfavorable4014
3 жыл бұрын
Hashingiwe kuri ibi bikurikira: 1. Kuba Ibaruwa itagaragaza details ziri gutangwa na R10 Sport Journalists 2. Kuba Nta mazina n'Abantu bavuze 3 Kuba Vice President atagaragara mu Ibaruwa ariko akavugwa aha. 4 Kuba Hari udukuru tutari mu Ibaruwa Turi kuvugwa namwe Nanzuye ko muri Primitive ndetse mutazi gutandukanya icyatsi n'Ururo Hanzuwe kdi ko Mutazi Amatiku Icyo aricyo. Inama nabagira: Mukore akazi kanyu ariko ikitwa individualism mukigendere kure kuko ndabakunda ariko ndi kubona namwe ubwanyu muri kwita mu mutego wa kugaragaza ko mwaba muri abanyamatiku rero Silent ku bintu bimwe na bimwe bibangiriza integrity ariko rwose urebye amagambo musuka ntabwo mutandukanye n'ibivugwa.
Ubundi iyo niyo miyoborere ya RPF ba petits mwihangane igihugu cyaratuvurye hhhh,I'm sorry to say that kuko normally politique ntabwo ikwiye kuza muri sport..ariko buragaragara ko umwera uturutse ibukuru........
Пікірлер: 39