Uwo mugabo ni umunyamitwe mama iyo utagira ubwenge Kari kuba kakubayeho
@zoepaul2463
2 жыл бұрын
Cyanee 👍 ni pepo
@run584
2 жыл бұрын
Kabisa ! Naho ibya Simon na Odette bombi ni majeur kabisa
@uwitekaniwemanaamen6008
2 жыл бұрын
Ibibera mu ngo ni amayobera kabisa 😅😂🤣🤣
@kangukara9904
2 жыл бұрын
Simeon ntihagire umuseka uyu mugore ni mwiza kandi afungutse mu mutwe. Mike ni incabiranya igenzwa n'imitungo
@HATANGIMANAJeremie
2 ай бұрын
Iyo point yo irumvikana ,ariko akantu ko gutanga umuti saa cyenda z''ijoro ,ukawutangira mu cyumba cy 'uburiri ahaaaaas
@deepmindt2811
2 жыл бұрын
Mu 2015 nabonye uburyo itangazamakuru iyo urikoresheje nabi, rishobora kuba avantage y'uwo muhanganye. Ndi Mike nacisha make ,kuko inkuru iriho nuko Mike ari umwinjira. Kandi koko abinjira nta jambo bagira . Uyu mugore ni umuhanga. AZI POLITIQUE YO KWIGARURIRA ABANTU BRAVO KBSA. NONEHO MADAM ,NDASABA KO AHUBWO MIKE WAMUKANDA MPAKA N'ABANDI NKA MIKE BIYIRUKANYE AHO BINJIYE. MU KANDI GACE ,WAZAVUGA NGO MIKE NKUKO TUTABYARANYE NTAKINDI KINTU UGOMBA KUMBAZA NDAGUCIYE MU RUGO RWANJYE. ARIKO UKANABIVUGA UVA AHO, KUKO YAKUGIRIRA NABI. UZANISHINGANISHE
@kanyandekwevalens159
2 жыл бұрын
Uyu mugore azi ubwenge uje agomba kujya amwubakira ibindi azajya yinjiza gutyo na etage uzayibona n'imodoka tu
Ubukwe butari état civil ni nul est non avenu !! Ahubwo se ikanzu yayamvariye iki koko !! Pression sociale ngo baka yarongowe ? Yewe ga !! Dépenses inutiles 🤔🤔
@jeannemunezero8074
2 жыл бұрын
2021 !! Turi mubihe byanyuma .
@omannizea7927
2 жыл бұрын
Oyurindaya mbaya reka watumakumugabo akuganirize ntabagore Bari bahari
Wa mugorewe uri hatari none se nibyo byaguteye gusambana .Imana izaguhana
@ccisimbi9760
2 жыл бұрын
Ese nkubaze? Waba waruhari asambana hari ifoto ufite? As long as ntafoto ihari ntawugomba kumucira urubanza kandi uyu mu mama Imana izamukorera ibitangaza mwamuteye amabuye ariko Imana nziko izayamukuraho vuba
Ahubwo wamugore we wagize amahirwe kuko yaraje kukwesikoroka ngo agukureho iyo inzu. Story zanyu ni ndende kbisa
@albertmwambari774
2 жыл бұрын
Papa Mike oroshya umutima, wiciraho iteka umugore wawe kuko nawe utari umutagatifu. Mama Odetta oroshya umutima, wiciraho iteka umugabo wawe kuko nawe utari umutagatifu. Muntu wese wamenye iyi nkuru, oroshya umutima wawe were gucira urubanza aba babyeyi kuko nta Mutagatifu uyu numwe ubaho kuri iyi isi. Ku nyungu z abana bazakomoka muri uyu muryango, ku inyungu z umuryango nyarwanda, Muntu wese ufite urukundo muri we, nimusengere ukwiyunga kwaba babyeyi, guca bugufi no gusabana imbabazi bisana kandi bikomora ibikomere byose. Ukwiyunga kwaba Babyeyi bizatanga ikizere ko urukundo nyarwo rubabalira byose. Murakoze
@bahotvshowyvette9224
2 жыл бұрын
Cyakora mana ibibazo bibwira Abagore pe kayezu ihangane icyogisimba kikuvire mubuzima ayo marira abana bawe barira ntibyari bikwiye ko bayarira bagakwiye kwishima ukababera papa wabo na mama wabo gusa be strong nizereko wabonye isomo.
Njye mbona yari yarabuze uko yikuraho Mike n'inkoni ze, biriya yabikoze abishaka kuzana Simeon, gusa Mike arabeshya miliyoni 10 twese twarubatse aho zikoze kunzu harigaragaza!! Ikindi uyu mugore azi ubwenge kuba ataratanze inzu y'abana ho ingwate muri Bank, ndabimushimira kuko yari kuzaguta, bakayiteza, ukangarana abana!! Ese ubundi uyu nta Mugabo uhura n'ikibazo ngo yirukankire mu itangazamakuru!
@EdwardSindayigaya
2 жыл бұрын
This lady is Honest and Beautif ul, Mike Should Immediately leave this family and go because he is a thug and untrustworthy Person
@penguins1075
2 жыл бұрын
Bro videwo ya mbere uno mugore yavuze ko ubukwe bwari nka aniversary rero iyi ngingo yonyine irahagije ngo ihamye umugore icyaha
@COOKINGTYPES
2 жыл бұрын
Men like Mike should take a note about this situation because they are so many nowadays ,they pretend to be a good men to get from innocent women ,they think we are all stupid oooo what a shameless man 😂😂😂 visiting a lady and decide to spend a whole night
@mugabojacques6246
2 жыл бұрын
Cyakoze Maik avugana ubwiyemezi pe
@Hozianaa
2 жыл бұрын
Wavuga ubusa wagira ute uri indaya mbi kuko niyo umugabo yaba afite abagore 10 ,yaragukoye ntibiguha uburenganzira bwo kumuzanira abagabo mu buririr😭😭🚮nta nubwo ugira isoni zabo bana mubana Kok😏😏nonese nawe ko yagushatse utari umukobwa ,niba afite abana wowe ntubafite
@bobetterutagarama4178
2 жыл бұрын
Nibyo pe uko nindaya ibimenyereye, itubaha abana.
@karimundaisaie2970
2 жыл бұрын
Kbs nibyo
@awesomeman5155
2 жыл бұрын
Ariko se koko nkubu abana bawe bazabona ibibintu urumva ntasoni buri kugutera.urumva naukuntu uri kujya wusetsa. Gusa Mike wamurushije ubwenjye nakureho .
Iyi ni ya Makangu Bruce Melodie yaririmbye. Ipuuu gatsindwe na Yesu
@dieudonneabayisenga6921
8 ай бұрын
Iyi BTN Tv mumpa amakuru anyubaka kbsa kubera inyigisho nkuramo,gusa uca inyuma undi abireke kuko ijambo ry'imana ribitubwira From pappy tigo@nyarugenge
@maximusfrancois5004
2 жыл бұрын
Sister pole Sana Mike kwisimbi yavuze ibitabapfu wihangane nkukemereko umugabo agusambanya akakwaka nimitungo yawe. Abagabo bikigali benshi batera ishozi.
@jeanbaptisteniyigena3486
2 жыл бұрын
Uno mudamu ari kurya hit rwose muri ino minsi. Mwaramuharabitse none nimumukureho urubwa. Mumuhe amahoro.
@umugwanezaconsolee422
2 жыл бұрын
Arko nkuyemo isomo p,gupfakara nabyo ukiri muto sibintu,ubu koko wakwihanganye ibyabagabo ukabivamo ko Bose ari bene mugabumww
@kamanzibijoux2058
2 жыл бұрын
Esubwo uratinyuka ukavuga imbere yabanyarwanda koko wacyirayiwe gisambanira mucyumba cyumugabo ceceka uri icyibaha kandi uri urucyecuru bazakurongora nibaguhaga bakujugunye wacyirarawe puuuuuu
@jeannegakinahe3596
2 жыл бұрын
Mbega ikigabo:bagifunge rwose icyo gisambo !!! Mbega weeee !!!! Cyakoze ndakwemeye rwose wa mudamu we warwanye ku bana bawe !!!!
@balancedlifetv
2 жыл бұрын
Kabisa ku mugore ufite umutima abana ntibakorwaho!!!
@Loli20335
2 жыл бұрын
Uyu mugabo ni umutekamutwe
@kadibebe7128
2 жыл бұрын
Nyumvira umutangabuhamya ngo yakoze Ubukwe bwihohotera kuko batagiye mu rukiko hahaha 😂 🤣 ese ninde wababwiye ko gukomera kurugo ari urukiko? Dusabe Imana Itubere Umuyobozi muri byose ibindi mubivemo.
Ni umuteka mutwe ruharwa mike niyihanagure, ikindi nange nabonye uriya mugore ni mumwitegereza nta stress afite nankeya . Inama nagira mike nuko yamureka rwose
@gashirabakedieudonne7844
2 жыл бұрын
Kuzana umugabo muburiri c nicyo cyari ibisubizo wArugorewe rwururaya?
@ngaboangel5301
2 жыл бұрын
Genda Hoshiii! URI indaya UMUGORE uzana undi mugabo muburiri bw'umugore
@clairedusengimana4830
2 жыл бұрын
None washakaga ko amujyana muburiri bw'umugabo???? Yamujyanye mubwe nyine.
Ariko abantu turashukika kweri. Aka kanya twibagiwe ibyo uyu mugore yivugiye bakimufata ? . Bwa mbere ati ibyo nakoze mbifitiye ubureganzira, ubundi bati yazanye umuti agira ubunebwe bwo gutaha, none ati twari twicaye muri salon twiganirira buducyeraho,..... Ntitugashukike
@bwetejunior2887
2 жыл бұрын
Good morning my friend marry xams from the Jesus thank God bless you amen thank you so much Jesus for gift card for Jesus, god bless you in, your heart from Jesus amen Jesus for gift card, thank you so much for Jesus
Nyine umuti yashakaga kuvuga yari inama yuko abyitwaramo
@sisosiso9097
2 жыл бұрын
Ariko hari abantu mbona bavuga ngo uyu mudame yajyanye umugabo mu buriri. Mwagirango ntimukurikira uko yageze mu cyumba. Ari wowe wahungira he? Kandi ko bari bibereye muri salon batanicaranye. Murakabya kubogama cyane rwose. Mike ni umutekamutwe yashakaga kurya imitungo yuriya mudamu ahubwo nuko yabaye umunyabwenge agakomera ku bintu yateganirije abana be.
Bajye babwizanya ukuri mbere yo gushakana. Uyu Mugore ni mwiza ariko Ubwiza bw,Umugore bumugeza I Bwami ariko ubwenge nibwo bumugumishayo
@gakwayajanvier5459
2 жыл бұрын
iki ni ikirara dusanzwe tukizi,uyu mugore ni indaya,Mike yamwibeshyeho
@innocentnezehose8232
2 жыл бұрын
Yewe uyu mugore nari namwumvise nabi rwose noneho ndamushyigikiye !! Puuu va kumutekamutwe rata. Komera kuri abo bana uwo mugabo atabatwara imitungo yabo.
@kanyandekwevalens159
2 жыл бұрын
Nta kuri kubirimo kuko Simeon nawe mwari muryamanye ntiyari umugabo wawe ahumbwo nanjye ejo nzaza unkingurire. Sebanani Andre yarabiririmbye neza
BTN nimwe nunsekeje ahubwo. Iyo iyi nkuru nayo iza kuvugwa na valens Pappy. Nkumva ibimwaro yari kuba afite. Yavugagako Simeon yatatanze ruswa. Ahubwo njye numvaga bisa nkaho Marc yamuhaye akanku ngo ayice umurya
@eliasniyonzima9687
2 жыл бұрын
Jewe Imani ndabuze iconovuga kuko sindubaka ariko wamuntu we ibibintu biraca intege kumuntu atarubaka kwahio miye Sina rakuongea murakoze
@nizigiyimana3sayidati80
2 ай бұрын
Kuba wumvise kwafise abandi sico carigituma umusuzuguza ako kagene,wariguha agaciro igikorwa yagukorey.
@NIZEYIMANADIUEDONNE-pb8yi
6 ай бұрын
Urindaya mbaya wowe😂😂
@MWIZAELYSEE36
2 жыл бұрын
Warakoze umenya ubyenge karee
@tetagisozi2060
2 жыл бұрын
Ngo m wambaye imyenda murifotoza ngo mukunde mugaragaze ko mwasezeranye imbere y'Imana hhhhh m ukorera Satani mureke mukubitwe inkoni mwembi mwishyure ibyo mwakoze ntibibaho ntimugakine N'Imana muraje mwicane
@GhetllOkeya-er4no
5 ай бұрын
Nyawivuga amabi ameza ahari Kuba afite abana nabagore wowe c ntufite abana batarabe Sha uri umugore mubi umuvuze nabi arukomushwanye Gusa ntamahoro yumwinjira
@diadia7474
2 жыл бұрын
Mike ngo aramutse asutse isosi y'uyu mugore yose hasi ngo ingo nyinshi zasenyuka!! hhhh yisuke hasi n'ubundi nawe ndumva iyawe ntacyo yasize. nawe yisuke hasi abantu bakomeze biyumvire n'ubundi hahire rimwe. si non, dore niwowe wahindutse mubi. hhhhh. akabi gasekwa nk'akezi! munsi y'umukandara nta cyubahiro kibaha koko babivuze ukuri.
@sadianishimwe3156
2 жыл бұрын
Sha iyo hajemo imirwana ndatinya gusa nawe warahemutse kuzana umugabo munzu ,gusa kuba mutarasezeranye mu mategeko nta nijambo afite iyo nzu niyabana niba yaragufashije kuyubaka yarakoze .
Пікірлер: 486