Ese chita kuba umokobwa yakunda umuhungu namahirwe kumuhungu ?
@kaberaalenda5988
18 сағат бұрын
Iyi plat form imeze neza nk'iya Sabin kabisa, IBIGANIRO na siasa zo kuganiriza abatumirwa ni kimwe peee, nk'uyu kuvuga ko abahungu Bose Ari babi, ESE ubushakashatsi yabukoze kubasore Bose basurwa N'ABAKUNZI babo bakabana igihe gito amusuye asanga Bose Ari inkozi z'ibibi uko? ESE KUKI mwumva ko UMUKOBWA wese uje GUSURA umukunzi we akahamara iminsi bivuga ko baba basambana? Ibyakubayeho cg kuri mugenzi wawe biba Ari AMAHIRWE mabi kubera amahitamo mabi yawe cg uburangare ntibivuze ko n'uwundi ariko biri
Harya ngo mwabonye uburuhukiro ari ukuza kuri camera zabagabo babandi mukababwira uko mwasambanye?ni aha bihera bigasoza babaruhukiyeho nabo.ese kuki mutajya kuri camera zabagore bagenzi banyu?none nyimvira ngo baheruka kukwita bebe ryari?
@EstherTvshow
15 сағат бұрын
@@UwimbabaziFlorence-iy9st Uvuze ukuri
@ChantalUwamahoro-xs7wd
10 сағат бұрын
Ibi wanditse uzabyandike no kwa Gerard Mbabazi kuko naho babivugiraho nahandi nahandi,naho kuri camera zabagore nuko baba batabateze amatwi naho babivuga,rero ntimukarebe ibibi gusa mujye munareba ibyiza abantu bakora nibyo byiza.
@jeanpaulharindintwari8097
Күн бұрын
Wamukobwa we uri Serieuse ariko kdi ndabona abasore batari bashaka bafatiraho kuko ufite gahunda.
Ariko mwishora muburaya mwarangiza mukaza kuri camera? Nonese uba ujya muri getto kurebayo iki
@UMUHOZASandra-z9b
Күн бұрын
Go girl ❤❤
@nyirinkindilouis7259
Күн бұрын
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@habinezaisaie3023
Күн бұрын
Ariko muri experience yange nkeya nuko abakobwa bitwa Anita ,Alice bavamo ababyeyi bubuka zigahama si benci. Gusa nizera ko Yesu akiza iyo mikoshi yose .so trust in Jesus byose birahinduka
@Mariam-tk8zn
18 сағат бұрын
Ayo mazinuvuze benshi bavyaririwabo ariko munyuma bararonkurugo gwiza pe
@IngabireAngelique-q4z
13 сағат бұрын
😃😃😃😃😃😃
@HeIsPACGEEZY
Күн бұрын
Mi Mum❤
@HabyarimanaJacquis-ej3xz
21 сағат бұрын
None se murashaka arire abanzi be ? Ntabwo ari kubabwiza ukuri. Azi kurenzaho bikomeye.
Пікірлер: 89