@patience confidence ninziza , ariko iyo ikabije nkiyo nkubonana burya muri rusa ge si nziza abantu benshi ntabwo bayikunda iyo ikabije nkuko nkubona . cyane igitsina gabo ntabwo bayikunda , ubwo rero nukuri ngusabiye amasengesho menshi , urasabwa gusenga cyane pe byazagufasha kuzubaka urugo wifuza @Rameck ewane uri umusore mwiza kabisa Kandi uri humble , bidashidikanywa urimo umugabo mwiza ejo hazaza
@rugambaali7241
Ай бұрын
1. Institution of Marriage is not Manly it's Godly 2. Abasore/inkumi bari single twese imbogamizi zituma icyemezo cyo kubaka umuryango tutagifata ni nonsense za girlfriend boyfriend tubanzamo. Zabaye ikibuga cyi myitozo ya Divorce 3. Kutemera gutanga ibitambo ku bwa Mahoro ya twese mu urushako (love is sacrifice)
@serge__97
Ай бұрын
any single serious girl between age of 23-27 came inbox and see if we can stop to be singles🤭
@igiranezahirwabetty7139
Ай бұрын
Lol
@umuhozaparfune594
Ай бұрын
You mean that you are single , and you start a relationship?
Wouuuuuuu❤❤❤❤ Nitwa jean damascene ndi umusore, nukuri narinkumbuye uno mugoroba cyane cyane cyane. So turikumwe 100% especialy ko uyu munsi natwe ingaragu nunva mwatwibutse.
RAMECK hari kindi utazi abakibwa bareba bitandukanye nuko abatype batekereza kandi uzirikane ko nta musore uba mubi. impamvu nta musore witera make up , abasore ni beza by nature
umukobwa avuze ngo ntundusha amafaranga ntundusha ubwiza mpita nkuraho ndagiye she is toxic
@NamatovuSafina
Ай бұрын
Hello ,I would like you to give us video of how to restore marriage after an infendelity or an affair
@iryivuzegloria3228
Ай бұрын
Thank you so much
@mutoniwasehonorine9862
Ай бұрын
Ntago abakobwa babireba gusa Niko byakombye patience she said true point
@twahirwauwasesandrine313
Ай бұрын
Ese ko mwavuzeko muzongera guterana le 05/9 ko mbona bizaba ari ku wa 4 twe bamwe tukaba dufite akazi ese kugirango tuzongera gucikwa kubiganiro byiza byanyu ibiganiro byanyu bitangira sangahe kugirango natwe tuzabashe kuhaba murakoze
@Maternallifefact24
2 ай бұрын
nitwa TWAGIRAYEZU Bonaventure ndi kubakurikirana 5/5. ndi kubaza ese ko hari ibigaraga nk'amafaranga cg ibitagaragara like characters where to focus. mwakwigisha abantu guhitamo even though muri kubaha amahitamo ya buri muntu ariko ntekereza ko hari ikingenzi muri byo. murakoze
@rugambaali7241
Ай бұрын
Sound ntabwo yari Sawa ariko aba technicians ubutaha bibuke mic za bazaba kurikirana kuri KZitem
@mpano530
2 ай бұрын
Sound imez nabi kuri side ya Lameck ntabwo turi kumwumva neza
@HubertSugira
2 ай бұрын
@@mpano530 byakosowe….
@NakureCaissyChristine
Ай бұрын
@Patience it is not that the guy is not emotionally intelligent...it is because one he is not into you or he just want to .... and leave or keep you in a situationship
@bahoforever
2 ай бұрын
Turategereje❤❤❤
@abijurutharcissie6984
Ай бұрын
How are we going to be informed for next event 🥺kubera twaracikanywe nukuri i wish ko nanjye nakabaye narimpari kweli
Пікірлер: 48