Niba wifuza kuvugana na NYIRINKINDI wamubona kuri +250788313365
@kasemirojr3991
2 жыл бұрын
ntibizoroha
@TheGusynic
2 жыл бұрын
Nyirinkindi yarakuze disi!! Muheruka akubagana twigana P6 mugiporoso kwa Julien !! Courage kandi uhumure Ibyiza biri imbere bro!!!
@norbertgomban2058
2 жыл бұрын
Pole sana
@mariesaddle7211
2 жыл бұрын
Uburyohe bwo hanze ntabwo uzi! Icecekere!
@irisneomusician9230
2 жыл бұрын
Brother bathiste be strong Sometime God let everything happens for unknown reasons i gonna call u soonest
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thank you brother Sabin & Isimbi TV, you really helped me to preach out, my testimony might save some people who are about to make the same mistakes that I made, and help those who are ashamed to come back to our homeland while they have no life abroad to make decisions.
@kayinamuradismas9316
2 жыл бұрын
Thx for speaking out brother. Kandi imana iraguha akazi.
@rose8275
2 жыл бұрын
Truly proud of you Nyirinkindi, I'm so touched by your humbleness, amahanga siko abera bose heza ariko igihe byanze nabandi bajye bibukako dufite iwacu, bazane ideas zibyakorwa bitarangeza iwacu, bakore, life is not a race, buhoro buhoro nirwo rugendo.all the best
@AgasobanuyeTV
2 жыл бұрын
Dubai akazi ka security gahemba angahe niba waba ubizi ???
Don’t worry everything happens for a reason, gusa wowe Imana irakuzi kandi ibyiza biri imbere.
@klaaskloosterman8174
2 жыл бұрын
Sabin aba bantu bagutumye kubamamariza ubanze umenye ivyarivyo neza.pologne ni igihugu gikenye ,abaturage baho baja gupagasa mu bindi bihugu vya Europe.ivyo vy,amashule navyonyene ubirabe neza.ayo mashule babarondenderera nibo bazoyabarihira???nibo bazobabeshaho iyo bazoba bari???Bigenzure ntusange uriko urashuka abanyarwanda.
@irumvalouis7348
2 жыл бұрын
Cyakora
@mireillekaneza4522
2 жыл бұрын
Apres cette interview hama hakaba hariko havurwa iyo publicite..... Please please Sabin nukuraba neza ntuzohave woroha abantu muri hell hama ubone des come back to you abantu bazoza batanga ubuhamya busa nkubu que bababeshe murivyo bintu vya Pologne 🤷♀️🤔
@niwemugenimediatrice5640
2 жыл бұрын
Yego ra,nanjye numva ko nano batunzwe no gupagasa gusa hanze yigihugu cyabo
@aladinasharaf6656
2 жыл бұрын
Thank you so much Nyirinkindi , I have Already learned from you many things, Thx a lot again! Leaning to live and living to learn.
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thank you Aladina, many blessings
@blacclivesmatter4637
2 жыл бұрын
Uyu musore Imana irongera imucire inzira kuko nta mutima mubi. Aho yambariye inkindi ntabwo azahambarira incocera. Nyuma yiki kiganiro ndi sure ko ari bubone akazi. Mu izina rya Yesu, amen.
@uwayojannine9913
2 жыл бұрын
Amen🙏
@khloecalala7606
2 жыл бұрын
Amen amen 🙏 nukuri nkunze your comments
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thank you dear, keep me in your prayers
@khloecalala7606
2 жыл бұрын
@@nyirinkindi_ nukuri ndagusengera mumana byose birashoboka izere ko bishoboka kandi menya ko ibirabagirana byose atari zahabu
Uko uvuze nukuri rwose yashatse kubaho ubuzima bworoshye
@adamscyiza2058
2 жыл бұрын
Man Reka kuvuva ng wagiye hanze biranga abo byakunze se ahubwo wowe wazize kubura kwihangana, Naho abandi bahari gahunda ni ukwihangana nziko no mu rda Naho n’iwacu ariko nziko ufashe dubai Naho mu rwanda bitandukanye Naho Sabin kuvuga ibya Poland 🇵🇱 Wapi ni abatekamutwe 100/100
@KundaEstate
2 жыл бұрын
Hari ibihugu wajyamo, hari nibuhugu ugomba kwirinda. You can travel to some western countries but not Middle East. Sinumva ukuntu wava muri Africa ukajya mubarabu. Usibyeko ntamafatanga abayo, ariko ubusanzwe abarabu banga abirabura. Wanapfirayo.
Don't worry brother, ubundi aho kugira ngo Imana ihombe yaguhombya. Buriya Imana natwe twarakwishimiraga mu gususurutsa amateraniro n'iryo jwi. Ariko mu nzu ya Data hari byose. Icyo nagushimiye ni quick come back wakoze utangirikiyeyo. Amahirwe aracyahari. Turagusengera ubone akandi kazi.
@kezatinia3527
2 жыл бұрын
There's a reason why you passed through all that...its really a big lesson. I was also in Dubai what his saying its true.... God bless you
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Sure, thanks.
@elmagicofurani50
2 жыл бұрын
Abuhail metro station ndahazi kuko narahanyuraga njyiye kwiga sira certificates (security training)Aho bita Al mamzhar nari ntuye Aho bita union, baniyas na deira gsaa ibyo avuga byose ntanakimwe abeshye mur Dubai hari competition ya akazi iteye ubwoba ..iyo utarabona akazi ubuzima buba bugoye, amafaranga Yi igitanda akodesha cadastral ikigali noneho visit visa yawe ya three months iyo irangiye utarabona akazi biba Ari amateka iyo udafite 450$ yo kuyongeresha( visa change)
Nyirinkindi humura, our God is a God of second chance kandi Imana iguhe umugisha kuko ubuhamya bwawe burazagufasha urubyiruko to stop thinking that abroad is heaven. Be strong.
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thank you sister Mireille, many blessings
@coolfixrwanda
2 жыл бұрын
Welcome back brother, I remember the day you✈️
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thanks bro. I won't remember it bro because I was on my way fallout.
Warangije degree ariko Imana nayo yagombaga kuguha degree yayo. Gusa uvugisha ukuri nibyiza bizagufasha mubuzima. Be strong God is ready to help you. Never give up Brother.
Don't worry brother, "aho kuguhomba yaguhombya ugasubira ku isuka ugatangira bushya". I hope it's going to be alright soon 🤞🙏
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
I pray that God make a way for me again and gives me 2nd chance.
@josephmpaye1075
2 жыл бұрын
Sha Nyirinkindi, do not worry. I was a university lecturer, left the job and went to Canada. Things did not well at first but I am okay now . I have everything a family needs to be decent and praise be to God. The decision is yours.
@inafrica4942
2 жыл бұрын
He may have gone to india.but places like Canada Sweden Denmark may work for him coz India has huge problems concerning economy
@ireneslifestyle5315
2 жыл бұрын
Ndagukomeje muvandimwe kubyo waciyemo kandi ni byiza ko wabonye isomo... Reka ngire inama urundi rubyiruko rwifuza gushakira hanze ya u Rwanda 1. Uburyo bwiza bwo kujya mu kindi gihugu ugahirwa ni ukugenda nka umunyeshuri kuko iyo wize mu gihugu kubona akazi biroroshye 2. Iyo uri umunyeshuri ushobora kubifatanye ni akandi kazi gasanzwe ukabona amafranga 3. Mujye mubanza mukore research mumenye uko abantu mu gihugu ushaka kujyamo babayeho... Murakoze
Shn Baltic njyewe ndamuzi rwose uwaba afite akazi amugirire imbabazi kbs akamuhe kd Imana yongere iguhindurire amateka pe
@rusineruhinda9987
2 жыл бұрын
Ibyo wabwiye abantu ku mahanga ni byo gusa hari aho watandukiriye! Umukozi w'Imana ntabaho kuko itagira umukozi (Rurema kandi Rugira)! Ikindi mu mahanga si habi kuhaba ahubwo ikibi ni ukuntu bafata umuntu uvuye muri Afurika! Nimuze twubake Afurika yacu kandi mumenye neza ko ayo madini mubamo azatuma mutagera kuri Afurika mwifuza. Imana y'i Rwanda ihorana natwe Benimana!
@jeanntampaka
2 жыл бұрын
Mpa number cyangwa urebe iyanjye kuri google tuzahure ndumva ufite imyumvire irenze isanzwe. We need such outstanding mindset to overcome the effects of globalization and neo-slavery.
@rekerahojb1504
2 жыл бұрын
Clement prince ni iri wahawe ni Imana y'i Rwanda? Niba warigometse ku Mana uratekereza ko natwe tuzamera nkawe? Mu bayizera Imana ifitemo n'abayikirera, no mu bayigomeye harimo abayirwanya. Byombi yabishyiriyeho urubanza. Ruzaba nta kabuza
@rusineruhinda9987
2 жыл бұрын
@@rekerahojb1504 uyikorera iki se nyakugirimana?! Ubwo ushatse kuyirusha ubushobozi rero? Ni Rurema (abantu n'ibintu) kandi ni Rugira (amajya n'amaza) none ubwo wowe wayikorera iki? Muterekera abazimu mutazi ni cyo kibazo mufite.
@rekerahojb1504
2 жыл бұрын
Clement dukorera Imana tuzi, Imana yigaragarije mu mwana wayo kandi nyuma yo kuyishurirwa kubwo kwizera izina ry'Imana wayo Yesu Kristo twakiriye imigisha yayo itangaje yo mu buryo bw'Umwuka. Imana tuvuga ntabwo ari izina gusa, ahubwo Twarayakiriye tuyiha umwanya mu bugingo bwacu, kuko ubwayo yivugiye iti "nzatura muri bo ngendere muri bo nzaba Imana yabo nabo bazaba ubwoko bwanjye (2Korinto 6:16), Kandi amaso.utaragira yarayibonye n'amatwi udasobanukiwe arayumva, twabonye ugukora kwayo ubwo twavirwaga n'umucyo wowe utari wamenya, twakiriye imbaraga zayo izo yasezeranije abayizera (Ibyakozwe n'intumwa 1:8), twagabanye ku Mwuka wera nk'ikimenyetso cy' ingwate y'amasezerano y'umurage w'abana b'Imana (Efeso 1:13-14) ubwo twasogongeraga ku munezero n'imbaraga z'igihe kizaza (Abaheburayo 6:4-5). Twinjiye mw'ivuko rishya riduhindura kuba abana b'Imana n'abaraganwa na Kristo. Iyo twizera si iyo mwita Imana y'i Rwanda imwe yirirwa ahandi igataha i Rwanda ( kuko iyo y'i Rwanda ni ikigirwamana nk'ibindi bigirwamana by'andi mahanga. Iyo si Imana nyakuri) Iyo twizera kandi si iy'abazungu, twizera iyo twahishuriwe tuyobowe n'ijambo ryayo rizima rihoraho. Naho kubyerekeye abakozi b'Imana, ubwayo yabwiye bamwe mubo yahamagaye iti " icyatumye nkubonekera ni ukugirango ngutoranye nkugire umukozi wanjye Ibyak 26:16 ariko niba ukunda no gusoma ibyanditswe, uzasome Bibiriya mu Abaroma 13:4; 15:16; Abakolosayi 1:7 ; 1Tesalonike 3:2 na 1 Timeteyo 2:15. Hose hazakubwira ko Imana yatoranije mu bayizera abakozi bayo, ibaha inshingano n'umurimo bagomba gukora. Iyo yawe rero itagira imirimo n'abayikorera ni ikigirwamana si Imana nzima. Umuhanuzi Yeremiya yaranditse ati"Uwiteka abereye mwiza abamutegereje n'ubugingo bw'umushaka (Amaganya 3:25). Abo bakozi b'Imana hari igihe bazamurika imirimo yabo, bamwe bashimwe abandi bagawe.
Sha your very honest Ariko Mubihugu Bya barabu sahantu Ikindi abarabu bagira ivangura 🤣🤣🤣
@johnmuvira745
2 жыл бұрын
" It' s not how we fall. It' s how we get back up again"
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Sure
@Beautifullymommying
2 жыл бұрын
So true! Well said!
@johnmuvira745
2 жыл бұрын
@@nyirinkindi_ Thanks Nyirinkindi for taking time to reply despite all you' re going through now. It was courageous of you to come out publicly and give your testimony...that shows how much of a humble person you are and trust me , a mistake that makes us humble is better than an achievement that makes us arrogant. I am glad that you did not settle for less, coz you deserve better, God has better plans for you as you continue to serve him. Nyirinkindi komera, ejo ni heza.🙏
Ntago bino byari ibye hari ibye bizaza there is a reason why he passed through all of these. Mugihe gikwiye Imana izakora imirimo twese twagiye dukora mistakes bigatuma twiga. Uyumuhungu ntago ari umwana mubi you can tell disi aritonda ahubwo niyegere Imana ibisubizo byubuzima bisohore
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Urakoze cyane Shakira, Imana iguhe umugisha ku nama ungiriye.
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
@@khloecalala7606 Thank you Khloe may God bless you so much sister.
@khloecalala7606
2 жыл бұрын
@@nyirinkindi_ has your life changed since your interview with isimbi tv?
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
@@khloecalala7606 Mng Khloe, no change.
@zorroalrtabitetoyas6242
2 жыл бұрын
Titi bariya bakwatatse bose nabadashaka kwemera ibintu uko biri .nanjye mba mumahanga ariko ibyo wavuze nukuri amahanga ni stress gusa
@luendosabah2047
2 жыл бұрын
Hoya ntukyiyahure
@vedasteveda947
2 жыл бұрын
Ariko iyokariyeri ubuvuga sinyumva kbs ahubwo urumunebwe cyane wabonye akazi kabi karikuguhesha akeza
@inezawilly4543
2 жыл бұрын
Be strong 💪💪 Bro. Iyagukanze ntiba inturo. Ngutuye indirimbo ya Alikiba yitwa "Mac muga" nindi ye yitwa "Mwana" neza neza zijyanye niyo Life yawe. Sabin nawe uransecyeje uti ko mbona abakobwa bifotoreza i Dubai baba bacyeye.Biratandukanye kuko abo bashiki bacu bashora iginatsi naho Koboyi yasaga nuwiyahuyeyo urumva ko bitandukanye
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thank you brother Willy, reka nzirebe izo ndirimbo rwose.
@rwandamum8323
2 жыл бұрын
@@nyirinkindi_ Amahanga yose ni kimwe bisaba kwihangana, igihe kiragera bikagenda neza.icyo nabonye abajyayo bafite amashuli bafite ama diplômé harabananira ariko byose nimyunvire mike.ugenda afite gahunda arahashobora.hanze nahabatarize bo ntacyo baba bishingikirije.
Ako kazi ko muri Pologne ni kazi ki ko abafundi bose bakora muri old Europe ari aba polonais? Ako.kazi kuki.batagafata bakumva bagaha abandi? Pologne nta buzima buriyo rwose abanyarwanda bazajye bareka kujyayo uretse ahari abajya kwiga.
@gervaismabano9124
2 жыл бұрын
Baptiste Komera! iryo ni isomo ry'ubuzima. Never regret it.
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Merci Gervais
@flavmutazi2050
2 жыл бұрын
Igitanda kigeretse, munsi yawe harara umugabo n'umugore we ! Bene wanyu basigaye mu rda bari kuguhamagara ngo bafashe 😂
Hi nejejwe nuko witekerejeho ukagaruka. Imana izagucira inzira humura
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thank you Innocent
@jeangikundiro7870
2 жыл бұрын
Man urumuntu wumugabo kandi ntibigutere ipfunwe kuko Imanu nzi ko izabihindura
@igihozoishmael7315
2 жыл бұрын
Kbs let's think twice 😑
@rkayisire6538
2 жыл бұрын
yo urumuhanga wa Musore we Imana izagufashe pe.
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Urakoze cyane Kayisire
@gilleskennedy5837
2 жыл бұрын
That was experience of Life
@agabamoses4829
2 жыл бұрын
Oh thank u jam agaba moses jam now now staying in qatar jlike following simba t v listen to that guy attentivly he is telling the truth ahundred percent
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thanks Agaba
@johnlee-gl6ed
2 жыл бұрын
Pole sana! Deira ni danger!
@jeanafazari2020
2 жыл бұрын
Be strong brother
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Thank you
@intoretv8586
2 жыл бұрын
Umusaza Gisiga komera cyan wana nongeye kukubona nyuma yimyaka myinshi
@Stella-dy1in
2 жыл бұрын
Ariko byo koko ufite akazi kamuhemba neza mu Rwanda natuze akore, ariko ubona byanze neza ntabuzima afite mu Rwanda niyigire imahanga ho harukuntu yabaho, nahubundi guta akazi ntakandi ugiye kubona mbanumva ari imibare mibi
@Stella-dy1in
2 жыл бұрын
@@wizyrozay amashyari gute?
@gygygyslaine5016
2 жыл бұрын
Ubizigute katakandi yobona uri Mana wew ivyabicamwo bikazoshira kubahanze sukogukira nugwanda barahakirira
Estelle ibyo uvuga nibyo cyane ubundi uretse ko waba uhunze, kirazira guta akazi ufite ukajya mumahanga ngo ugiye gushaka ubuzima! No kujya kwiga ubundi iyo ufite akazi wiga uri no gukora cg se baguha study leave ukagenda. Ikindi uyu musore biranagaragara ko ubusanzwe areba hafi cyane ndetse arasesagura. Utu gute?! Ni gute umusore utararongora atunga tv ya 800k, salon ya milliyoni 2?! Kdi azi neza ko yize bimuruhije n'iwabo batishoboye?! Uragura equipment za 5M ukiri umusore kdi ikibanza za gahanga, Nyamata, Gasanze kigura 4M! Ubwo Koko murumva atari yaratewe na satani wo kwangiza n'imibare micye?!!
Warabaye mu Rwanda, warigaburiye warikodesherezaga inzu, warufite ubushobozi bwo kwigurirra Fanta ,nta handi washobora, kereka warasohotse ufite ikibazo gituma utekereza inyuma ukarwara ihahamuka. Mu Rwanda ni heza.
@kayitareemmanuel2716
2 жыл бұрын
Hahahahaha hahahahaha
@Ngewe.214
2 жыл бұрын
hhhhhhhhhhhhhyhhhhhhhhhhhh ndatembagaye,,,umvugiye ibintu....biterwa nikikwirukansa wamugani...iyo utafite pressure on your back...ntiwakwihanaganira life abroad...neverrrrr..pressure y'inzara yo iragatsindwa...uzi inzara y'i kigali...aho ubona Rwandair bavuga ngo ntiwayinjiramo ataravuye i bugande, iyo za RSSB,RRA,MINISITERI ZOSE..IBIGO BYA LETA bikomeye utabyinjiramo udafite mwenewanyu ngo warwanye...icyo gihe ujya hanze uvuga uti no koza abakecuru nzaboza aho guhezwa muburyo buri systematique......
@yoooo4935
2 жыл бұрын
Hanze ni USA, Canada, Australia, European Union Countries, ibindi ntukahiteze ndakurahiye Murwanda haruta maze Belgium 🇧🇪 wasanga mutabizi
@khloecalala7606
2 жыл бұрын
Ntaheza ntaho Ngewe icyo nzicyo nuko amahoro atabonekera ahariho hose uretse mumana honyine, niyizere Imana ubundi asubire ayikorere mu rwanda niheza ushobora kuhakorera ukabaho neza kuruta abo bari hanze. Ibi byakubayeho kubera impamvu humura numukobwa wa guseka ntago nawe yaba azi icyo bita life wowe be you ubundi usenge wegere Imana Ubwo uwawe ari hariya Imana izamukoreramo ubone birabaye Ariko ibyo abagore ba ubivuyemo rwose shaka life uracyari muto.
@nyirinkindi_
2 жыл бұрын
Muri rusange isomo rikomeye nakuyemo ni uko, umuntu ufite carrière nziza afite uko abayeho atakwirukiye kujya hanze kuretse ku mpamvu zumvikana zitari ukugenda ngo umunu agiye kuba hanze gusa gushakisha kandi no mu Rwanda bishoboka kuhabona ubuzima.
@khloecalala7606
2 жыл бұрын
@@nyirinkindi_ murwanda birashoboka cyane nukuri arega gushima Imana mubyo ufite ukaba grateful kukazi ufite kaba arako kunyonga cy ubumotari ugashima kuko uba uzagera kure hatari aho twese duhera hasi kandi nabariya bari za Nyarutarama ari nizabo nabo nta mahoro bafite
@rwanda76
2 жыл бұрын
Nugereranya Rwanda na Belgique, ujye uhitamo domain. Niba koko ibyo uvuga ari ukuri utubwiririre abantu bacu dufasha ntibazongere guhamagara diaspora iba Belgique kuko nta cyo ibarusha. Nta soni koko ? Wenda wabuze uko uhagera, reka kwihagararaho.
Пікірлер: 816