Perezida Gerigori Kayibanda, kimwe n’abayobozi bakuru, barezwe icyaha cyo kugambanira Leta, urukiko rudasanzwe ruteranira mu Ruhengeri ku itariki ya 12 Kamena 1974. Umwe mu basirikare bagemuriraga abanyapolitiki yarabikoze arabizira. Kubera iki?
Muri iki kiganrio murumva bwa mbere, umuntu wari mu buyobozi muri Leta ya Kayibanda wemeza ko ari mu bateje imvururu mu gihugu. Mbere ya kudeta, abakozi ba leta n’abanyeshuri b’abatutsi barirukanwe. Turumva ubuhamya bw’umwe wabikozeho ubushakashatsi.
Turasubiza kandi ikibazo mwakomeje kwibaza muti: byagenze gute kugirango Kayibanda yitabe Imana atagira kivurira ? Leta y’u Rwanda yemeye ko abapfuye bishwe bari mu maboko yabo. Bivuze iki?
Негізгі бет Rwanda: Ubuhamnya by’uwakoze mu biro by’iperereza ku iyicwa ry’Abanyapolitiki.
Пікірлер: 20